• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2025
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

You might also like

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

I Nairobi mu gihugu cya Kenya, abantu 16 bishwe n’aho hafi abandi 400 barakomereka nyuma y’aho abantu babarirwa mu bihumbi imirongo bigabije imihanda yo muri uyu mujyi wa Nairobi bamagana Leta ya perezida William Ruto.

Iyi myigaragambyo yakozwe ku wa gatatu muri iki cyumweru turimo.
Umuyobozi wa Amnesty Kenya, Irungu Houghton, mu kiganiro yahaye itangazamakuru yemeje ko hapfuye abantu 16 abandi babarirwa mu 400 ngo bagakomereka.

Yagize ati: “Ku wa gatatu, abantu benshi binjiye mu myigaragambyo mu mihanda iri i Nairobi, Mombasa no mu tundi duce dutandukanye. Aha muri Nairobi bigaragambije mu mihanda yerekeza ku nteko ishinga amategeko no kubiro by’umukuru w’igihugu. Muri aba bari mu myigaragambyo hishwemo 16 abagera ku 400 barakomeretswa.”

Aya makuru akomeza avuga ko mbere yuko imyigaragambyo itangira iriya mihanda ijya mu nteko ishinga amategeko n’ijya ku biro by’umukuru w’igihugu, polisi yari yayifunze.

Bikavugwa ko polisi yarashe amasasu yanyayo kugira ngo itawanyikishe abigaragambyaga. Ibi byatumye televisiyo y’igihugu itegekwa kuterekana imyigaragambyo yarubanda mu buryo bugaragaza amashusho

Gusa abari mu myigaragambyo bagiye berekana ibirindiro bya polisi byarashe, nibyagiye bikoresha ibyuka biryana mu maso ndetse n’ibyavagamo ibimodoka bisuka amazi menshi ku bigaragambyaga kugira ngo ibatatanye.

Nyamara ikigo cya Leta gishyinzwe itangazamakuru cyatangaje amakuru atariyo kivuga ko kugaragaza imyigaragambyo mu buryo bugaragara binyuranyije n’amategeko, kikanashyiraho ibyago byo gufatira ibihano ibitangazamakuru byabirenzeho.

Amashyirahamwe y’abaturage muri Kenya yamaganye icyo cyemezo, atangaza ko afite ishingiro zo kunyuranya n’itegeko nshinga, kuko kugaragaza imyigaragambyo mu buryo bugaragara bifasha gukumira ihohoterwa rikabije n’iyicyarubozo kuko ibikorwa byose biba byerekanywe kandi byanditswe, bifasha kubazwa inshingano.

Ibyabaye bisa n’ubundi ibyabaye umwaka ushize na bwo byakozwe mu kwezi kwa 6 uwo mwaka wa 2024. Iyi myigaragambyo yakozwe umwaka ushize yatumye Leta isubika umushinga w’itegeko ry’imari ryari riteganya kuzamura imisoro. Ariko kugeza n’ubu, urubyiruko rwo muri iki gihugu cya Kenya ruracyafite uburakari bukabije kubera ibikorwa bikekwa byo guhohotera abaturage bikozwe n’inzego z’u mutekano, birimo urupfu rwa mwalimu wapfiriye mu maboko ya polisi n’amasasu yarashwe ku mucuruzi wo ku muhanda utari witwaje intwaro, nk’uko byagiye bivugwa n’abari mu myigaragambyo.

Tags: ImyigaragambyoKenyaNairobi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze Umuvugabutumwa, umunyarwenya akaba n’umunyapolitiki w’inshuti magara ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Mbayahaga Isidore, yongeye...

Read moreDetails
Next Post
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?