• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2025
in Regional Politics
0
Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Umuryango w’Abibumbye wavuze ko hari ibihugu 32 birimo 16 byo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro, bityo ngo bikaba bikwiye ku bona inguzanyo zo gushora imari muri ubwo butunzi.

Ibi umuryango w’Abibumbye wabivugiye mu nama yabahuje, aho yateranye ku bibazo byugarije ibihugu 32 biri mu nzira y’amajyambere, ariko bidakora kunyanja.

Umunyambanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres muri iyo nama yagize ati: “Ubundi iyo ibihugu bidakora ku nyanja, dusanga bigira ibibazo by’ingutu.”

Yakomeje avuga ko muri ibi bihugu 32, birimo 16 byo muri Afrika, avuga ko nubwo bifite ubutunzi bwinshi, ariko byugarijwe n’ibibazo bitandukanye.

Yagize ati: “Amadeni akomeje kurenga ubushobozi bw’ibihugu. Kimwe cya gatatu cy’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere ariko bidakora kunyanja, byugarijwe n’ibibazo by’intambara n’umutekano muke. Nubwo ibi bihugu byihariye 7% by’abaturage b’isi yose, ariko bigira uruhare rwa 2% mu bukungu bw’isi.”

Ati: “ibi bihugu bifite ubutunzi bwinshi burimo umutungo kamere n’abakozi bahagije, ariko uwo mutungo ntubyazwa umusaruro kubera ko badafite igishoro cyo kuwutunganya no kuwugeza ku isoko.”

Yanavuze kandi ko bitegwa n’uko ibi bihugu bidafite ikorana buhanga rihagije.
Antonio Guterres avuga ko amahanga akwiye gufasha ibi bihugu kugira ngo bibyaze umusaruro ubutunzi bwinshi bifite.

Ati: “Ibiganiro turimo byagaragaje ko ibihugu biri mu nzira y’amajyambere ariko bidakora kunyanja, ntabwo bikeneye ikindi, usibye kubiha igishoro. Imikorere y’ibigo bitanga inguzanyo igomba kuvugururwa kugira ngo bifashe abayikeneye.”

Ibyo yabivuze mu gihe ibihugu byinshi byugarijwe n’amadeni menshi ibindi byabuze igishoro, ni mu gihe byishyura menshi ku nguzanyo, ariko bigahabwa inkunga nke.

Umunyambanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, avuga ko kubwe yumva ko byahabwa inguzanyo ihendutse, ubundi kandi bikanosonerwa kuri iyo nguzanyo.

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubucuruzi rigaragaza ko buri mwaka umugabane wa Afrika unyereza inkunga ingana na miliyari 88.6 y’amadolari y’Amerika, angana na 3% by’umusaruro w’uyu mugabane.

Rishimangira ko “hagati y’umwaka wa 2000 na 2015 uyu mugabane wa Afrika wanyereje inkunga ingana na miliyari 836 y’amadolari y’Amerika, aruta inguzanyo uyu mugabane wahawe muri 2018.”

Ririya shami rikavuga ko igikenewe cyane ngo ni uko ibi bihugu bikwiye kubanza kunoza imikoreshereze y’inkunga n’inguzanyo, bigahangana n’abatwara aya mafaranga aba agenewe guteza imbere imibereho y’abaturage.

Tags: Ibihugu 32InamaLoniUmusaruro
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze  muri guverinoma ye.

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?