Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC zahawe amasaha ntarengwa yo kuba zavuye muri Bukavu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 9, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.
176
SHARES
4.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC zahawe amasaha ntarengwa yo kuba zavuye muri Bukavu.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abaturage baturiye umujyi wa Bukavu bahaye ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, n’abambari bazo, amasaha 48 yo kuba zavuye muri uyu mujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo.

Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 09/02/2025, abaturage baturiye umujyi wa Bukavu basabye ingabo z’iki gihugu cyabo kuva muri uyu mujyi.

Ubu busabe babusabye ubwo bari mu myigaragambyo yo kwamagana izo ngabo n’abarwanyi ba Wazalendo, aho babashinja kwica no gusahura imitungo y’aba baturage.

Iyi myigaragambyo yakozwe nyuma y’aho abantu icyenda biciwe mu majyaruguru ya Bukavu muri Miti, Kabamba, Katana na Kavumu.

Aba bari muri iyi myigaragambyo bahuye na guverineri w’iyi Ntara ya Kivu y’Epfo, bamugaragariza ibibazo byabo, bamusaba ko ingabo za FARDC na Wazalendo bakurwa mu duce batuyemo kubera ibikorwa by’urugomo bibagaragaraho.

Iyi myigaragambyo ikaba yarakozwe mu gihe ku munsi w’ejo, habaye inama ya SADC na EAC aho yemeje ko ingabo z’ibihugu by’amahanga ziri mu Burarasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo zitari mu butumwa bw’amahoro zigomba kuvanwayo vuba.

Iyi nama kandi yasabye ko leta ya Kinshasa yakorana ibiganiro n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwa M23, ndetse n’ibiganiro by’i Luanda na Nairobi bigasubukurwa.

Tags: FardcKuva muri BukavuYahawe
Share70Tweet44Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

Bidasubirwaho Amerika yahagaritse imfashyanyo yahaga Afrika y'Epfo, menya impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?