• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

minebwenews by minebwenews
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ziherereye mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi zahawe uruhushya rwo kurasa Maï Maï, nyuma y’uko aba barwanyi bagabye ibitero mu Banyamulenge inshuro z’ibiri zikurikiranya.

Ahagana ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, nibwo abarwanyi ba Maï Maï bari bagabye igitero mu gace kitwa Matunda, aha akaba ariho Inka z’Abanyamulenge bo mu Bibogobogo za suhuriye.

Matunda ni agace katari kure na Kabara ahatuwe n’Abanyamulenge batari bake, ndetse kandi aka gace kakaba kari hejuru ya Kagugu ahakunze guturaka Maï Maï iriya ikunze kugaba ibitero mu Mihana y’Abanyamulenge.

Nyuma y’iki gitero cyo ku wa Gatandatu, ahar’ejo naho, tariki ya 13/08/2024 iriya Maï Maï nanone kandi yongeye kuba igitero muri kariya gace ka Matunda, ariko ku bwamahirwe make, nk’uko abaturage baherereye muri ibyo bice ba bibwiye MCN buvuze ko icyo gitero Twirwaneho yabashe kugisubiza inyuma ndetse igira n’ibikoresho bya gisirikare yambura aba barwanyi ba Maï Maï, birimo imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 zibiri na Grenade imwe.

Ibi byatumye komanda uyoboye operasiyo ya sokola 2 muri Kivu y’Amajy’epfo, atanga itegeko ku ngabo za FARDC zikorera muri ibi bice byo muri Bibogobogo kurasa Maï Maï, ariko ngo bakayirasa mu gihe yongeye kugaba ibitero cyangwa mu gihe yakomeje kugaragara muri ibyo bice.

Ariko nanone kandi, amakuru ava muri ibyo bice avuga ko muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14/08/2024, Maï Maï ko yongeye kugaragara muturango turi hejuru ya Matunda werekeza i Kagugu.

Ndetse aya makuru anavuga ko kur’ubu abasore bo muri Twirwaneho n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, berekeje bose muri ibyo bice byo muri Matunda.

Gusa nta kindi kiratangazwa nyuma y’uko izi ngabo za FARDC na Twirwaneho berekeje muri Matunda. Hagati aho umutekano ntumeze neza hagati y’ubwoko bw’Abanyamulenge n’andi moko aherereye muri Bibogobogo.

                MCN.
Tags: BibogobogoFardcYahawe Andi mabwiriza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?