Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ziherereye mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi zahawe uruhushya rwo kurasa Maï Maï, nyuma y’uko aba barwanyi bagabye ibitero mu Banyamulenge inshuro z’ibiri zikurikiranya.

Ahagana ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, nibwo abarwanyi ba Maï Maï bari bagabye igitero mu gace kitwa Matunda, aha akaba ariho Inka z’Abanyamulenge bo mu Bibogobogo za suhuriye.

Matunda ni agace katari kure na Kabara ahatuwe n’Abanyamulenge batari bake, ndetse kandi aka gace kakaba kari hejuru ya Kagugu ahakunze guturaka Maï Maï iriya ikunze kugaba ibitero mu Mihana y’Abanyamulenge.

Nyuma y’iki gitero cyo ku wa Gatandatu, ahar’ejo naho, tariki ya 13/08/2024 iriya Maï Maï nanone kandi yongeye kuba igitero muri kariya gace ka Matunda, ariko ku bwamahirwe make, nk’uko abaturage baherereye muri ibyo bice ba bibwiye MCN buvuze ko icyo gitero Twirwaneho yabashe kugisubiza inyuma ndetse igira n’ibikoresho bya gisirikare yambura aba barwanyi ba Maï Maï, birimo imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 zibiri na Grenade imwe.

Ibi byatumye komanda uyoboye operasiyo ya sokola 2 muri Kivu y’Amajy’epfo, atanga itegeko ku ngabo za FARDC zikorera muri ibi bice byo muri Bibogobogo kurasa Maï Maï, ariko ngo bakayirasa mu gihe yongeye kugaba ibitero cyangwa mu gihe yakomeje kugaragara muri ibyo bice.

Ariko nanone kandi, amakuru ava muri ibyo bice avuga ko muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14/08/2024, Maï Maï ko yongeye kugaragara muturango turi hejuru ya Matunda werekeza i Kagugu.

Ndetse aya makuru anavuga ko kur’ubu abasore bo muri Twirwaneho n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, berekeje bose muri ibyo bice byo muri Matunda.

Gusa nta kindi kiratangazwa nyuma y’uko izi ngabo za FARDC na Twirwaneho berekeje muri Matunda. Hagati aho umutekano ntumeze neza hagati y’ubwoko bw’Abanyamulenge n’andi moko aherereye muri Bibogobogo.

                MCN.
Tags: BibogobogoFardcYahawe Andi mabwiriza
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?