• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y’inyeshamba z’abajihadiste, maze agahorero karaba.

minebwenews by minebwenews
March 23, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y’inyeshamba z’abajihadiste, maze agahorero karaba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba Guverinoma ya Nigeri baguye muri Ambush abenshi barapfa abandi barakomereka bikabije.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni gitero cya bereye mu bice byo mu Ntara ya Tillaberi, mu Burengerazuba bw’amajyepfo y’icyo gihugu cya Nigeri, ku munsi w’ejo hashize.

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro ntara makuru bya Faransa, AFP, bya yi tangaje n’uko agace ingabo za leta ya Nigeri zarasiwemo kari hafi n’u mupaka icyo gihugu cya Nigeri gihurira na Mali ndetse na Burkina Faso.

Ikavuga ko abasirikare ba Nigeri babarirwa muri 23 bapfuye abandi 17 barakomereka bikabije.

Icyo bikoze leta ya Nigeri yo ubwayo yatangaje ko abarwanyi bagabye igitero ko nabo hari ababo bahasize ubuzima ngo bagera kuri 30.

Iyi leta ya Nigeri yanatangaje ko icyo gitero cyagabwe na barwanyi bo mu mutwe w’aba Jihadiste.

AFP ikavuga kandi ko abasirikare barenga ijana bari mu mudoka no ku mapikipiki bagiye kwisanga baguye muri Ambush maze ngo haza kuba kurasana hagati yabo n’abarwanyi.

Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa karindwi ku mwaka ushize, Nigeri iyobowe n’abasirikare bayobowe na General Abdourahamane Tiani. Bahiritse ubutegetsi baza kwizeza abaturage ko bagamije kugarura amahoro n’umutekano ndetse no gutsemba imitwe y’itwaje imbunda irimo n’iyabajihadiste. Ariko kugeza ubu nta kirahinduka.

Ibitero birakomeza, nko mu kwezi kwa Mbere uy’u mwaka abasivile barenga 22 biciwe mu gace kitwa Motogota, ko mu Ntara ya Ouallam, mu majyaruguru ya Tillaberi.

Imitwe y’itwaje imbunda ikunze kwica abaturage muri icyo gihugu, harimo Al-Qaida, Abajihadiste, Eigs, Boko Haram na Iswap.

Mu gihe iki gihugu kigifite imitwe myinshi irwanya leta, ariko ubutegetsi bw’icyo gihugu buheruka gucana umubano wagisirikare, w’i bihugu bibiri bikomeye byabafashaga kurwanya iyi mitwe, harimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bufaransa.

U Bufaransa bwari bufite ingabo zibarirwa 1,5000. Aba bose bamaze kuva muri iki gihugu kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri,ku mwaka ushize.

Kuva mu 2012, leta Zunze Ubumwe z’Amerika ifiteyo abasirikare 1,100. Mu Cyumweru gishize mu mpera zako, Guverinoma ya Nigeri yavuze ko ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zihari muburyo bunyarinyije n’amategeko, bityo kobagomba kubavira mu gihugu, ngo muri ako kanya.

           MCN.
Tags: Ingabo za NigeriZaguye muri Ambush
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 ku munsi w’ejo hashize yasubije inyuma ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Kinshasa yari yabagabyeho, ndetse iza no gufata ibindi bice.

M23 ku munsi w'ejo hashize yasubije inyuma ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Guverinema ya Kinshasa yari yabagabyeho, ndetse iza no gufata ibindi bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?