• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n’amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
April 26, 2024
in World News
0
Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n’amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/04/2024 hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni imirwano iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutshuru, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu.

Iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatanu. Amasoko yacu avuga ko urwo rugamba rwabereye mu gace ka Rwindi ho muri teritware ya Rutshuru. Indi mirwano yabereye mu bice bya Kironko, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko Minembwe Capital News yabwiwe ay’amakuru n’uko ibi bitero byatangijwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, ariko ko M23 muri aka kanya imaze gusubiza ibi bitero inyuma ndetse ko ingabo za FARDC n’abambari bayo bamaze guta ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo n’imbunda zirasa kure.

Ay’amakuru anavuga ko mu rugamba rwa bereye mu bice bya Masisi, hariya Kironko, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zahunze amasigamana kugira ngo baramire amagara yabo, ni mu gihe ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zari zabasutseho urufaya rwa masasu.

               MCN.
Tags: FardcImirwanoM23MasisiRwindi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyimbitse ku bimukira ba mbere bagiye koherezwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza.

Havuzwe ibyimbitse ku bimukira ba mbere bagiye koherezwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?