
Kubera umutekano muke uri mu Bibogobogo, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zasabye abaturage kuba maso no kutaragira Inka zabo kure y’Imihana.
Bi Bogobobogo, iherereye muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, akaba aragace gatuwemo n’ubwoko bwa Banyamulenge n’Abapfulero bake ndetse na Banyindu.
Ibi ba bisabwe n’ingabo za RDC zikorera muri ako gace mu gihe bikomeje ku vugwa ko Maï Maï yavuye mu bice byo muri grupema ya Mutambara, ikaba ishaka kunyaga Inka zaba Nyamulenge no kwica abaturage.
Mu mpera z’ukwezi kwa cumi numwe(11), havuzwe Maï Maï ko yinutse iva i Nakiheri , aho bya nahamijwe ko yagaragaye mu duce two mu Magunga na Mugorore. Icyo gihe Twirwaneho ya Bibogobogo yahise ifunga utuyira twose birangira ya Maï Maï itongeye kugaragara muri ibi bice.
Gusa ibi bibaye mu gihe n’ubundi mu Bibogobogo hari ikibazo cy’abajura aho bagize igihe biba imirima y’abaturage bigakekwa ko yoba ar’Ingabo za FARDC zikorera muri ako gace.
Bruce Bahanda.
Bruce Urakoze kumakuru uduhaye ark ayamatora ya Congo uyaciye kumutwe yave imuzi uyasesengure
Naho bibogobogo Imana irinda isiraheri izabarinde imigambi mibisha yabisi