• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo ku rwanya umutwe wa M23 zakubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Ni mu ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Amakuru mashya yi mirwano ishyamiranije ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, avuga ko ingabo zo muri SADC zahombeye muri iyi mirwano bikabije, ni mu gihe ibikoresho byabo birimo n’imodoka bahoraga bifashyisha mu kurwanya M23 zarashweho zirashwanyagurika.

Amakuru atakiri ibanga dukesha isoko ya MCN avuga ko “Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bifashishije imbunda zo mu bwoko bugezweho na za “Mashine gun,” barasa ibimodoka by’ingabo za SADC kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024 birahatikirira.

Iy’i operasiyo MCN yabwiwe ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, bayikoze bucece birangira ingabo za SADC n’abo bafatanya kurwanya M23 bakwiye imishwaro.

Hagaragajwe n’amashyusho yerekana uko izo modoka zarashweho ziratikira. Urebye ubona zarimo ziraswa imbere n’inyuma, kandi ubona ibimodoka byahangirikiye birenze kimwe.

Nta mubare uratangazwa w’abasirikare baguye muriyo Operasiyo, gusa MCN ifite amakuru ko ziriya Modoka zarimo abasirikare ba SADC.

Nyuma yiyo operasiyo umutwe wa M23 wahise wongera kwi garurira ibindi bice birimo na centre ya Cyitso, iherereye mu ntera y’ibirometero bike na Sake, ikaba nayo ibarizwa muri teritware ya Masisi.

Ni mu gihe kugeza n’ubu ingabo z’uwo mutwe wa M23 zikigenzura n’ubundi ibice biri strategic, muri Grupema ya Kamuronza, ahanini mu duce dukikije centre ya Sake, muri teritware ya Masisi.

Urundi rugamba rwa bereye mu birometre bike n’u Mujyi wa Goma, aho ni muri Kibumba, ho muri teritware ya Nyiragongo, aho naho bivugwa ko abo ku ruhande rwa leta barashweho, barababazwa cyane!

Ibyo byabaye mu gihe ubuyobozi bwa AFC bwa koze ikiganiro kidasanzwe, cyari kiyobowe n’umuyobozi mukuru bwana Corneille Nangaa.

Iki kiganiro cyabereye i Kiwanja muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri iki kiganiro Corneille Nangaa yongeye guhamagarira Abanyekongo bose kwiyunga na AFC, agaragaza kandi ko AFC ifite umurongo mwiza wo kurema Congo ikaba bundi bunshya.

Nangaa kandi ntiyahwemye kuvuga ko ihuriro rya AFC rifite intego, iyo yise ko ari nziza, yo “kwirukana” Perezida Félix Antoine Tshilombo, ku butegetsi.

                    MCN.
Tags: CyitsoIkwira imishwaroM23MasisiSADCYakubitswe n'ikibatsi cy'u muriro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.

Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?