Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo ku rwanya umutwe wa M23 zakubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Amakuru mashya yi mirwano ishyamiranije ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, avuga ko ingabo zo muri SADC zahombeye muri iyi mirwano bikabije, ni mu gihe ibikoresho byabo birimo n’imodoka bahoraga bifashyisha mu kurwanya M23 zarashweho zirashwanyagurika.

Amakuru atakiri ibanga dukesha isoko ya MCN avuga ko “Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bifashishije imbunda zo mu bwoko bugezweho na za “Mashine gun,” barasa ibimodoka by’ingabo za SADC kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024 birahatikirira.

Iy’i operasiyo MCN yabwiwe ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, bayikoze bucece birangira ingabo za SADC n’abo bafatanya kurwanya M23 bakwiye imishwaro.

Hagaragajwe n’amashyusho yerekana uko izo modoka zarashweho ziratikira. Urebye ubona zarimo ziraswa imbere n’inyuma, kandi ubona ibimodoka byahangirikiye birenze kimwe.

Nta mubare uratangazwa w’abasirikare baguye muriyo Operasiyo, gusa MCN ifite amakuru ko ziriya Modoka zarimo abasirikare ba SADC.

Nyuma yiyo operasiyo umutwe wa M23 wahise wongera kwi garurira ibindi bice birimo na centre ya Cyitso, iherereye mu ntera y’ibirometero bike na Sake, ikaba nayo ibarizwa muri teritware ya Masisi.

Ni mu gihe kugeza n’ubu ingabo z’uwo mutwe wa M23 zikigenzura n’ubundi ibice biri strategic, muri Grupema ya Kamuronza, ahanini mu duce dukikije centre ya Sake, muri teritware ya Masisi.

Urundi rugamba rwa bereye mu birometre bike n’u Mujyi wa Goma, aho ni muri Kibumba, ho muri teritware ya Nyiragongo, aho naho bivugwa ko abo ku ruhande rwa leta barashweho, barababazwa cyane!

Ibyo byabaye mu gihe ubuyobozi bwa AFC bwa koze ikiganiro kidasanzwe, cyari kiyobowe n’umuyobozi mukuru bwana Corneille Nangaa.

Iki kiganiro cyabereye i Kiwanja muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri iki kiganiro Corneille Nangaa yongeye guhamagarira Abanyekongo bose kwiyunga na AFC, agaragaza kandi ko AFC ifite umurongo mwiza wo kurema Congo ikaba bundi bunshya.

Nangaa kandi ntiyahwemye kuvuga ko ihuriro rya AFC rifite intego, iyo yise ko ari nziza, yo “kwirukana” Perezida Félix Antoine Tshilombo, ku butegetsi.

                    MCN.
Tags: CyitsoIkwira imishwaroM23MasisiSADCYakubitswe n'ikibatsi cy'u muriro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.

Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?