• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2025
in Conflict & Security
0
Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirimo iza Repubulika ya demokarasi ya Congo iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ndetse na FDLR zagabye ibitero mu duce dutuwe n’Abanyamulenge, bihitana ubuzima bw’abantu abandi babikomerekeramo.

Ni bitero byakozwe kuri uyu wa kane tariki ya 28/08/2025, bigabwa mu duce dutandukanye dutuwe cyane two muri teritware ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo.

Utwo duce hari aka Bicumbi gaherereye mu Burasirazuba bwa Kalingi, Mikenke nayo iri mu ntera y’i birometero nk’i cyenda uvuye muri centre ya Minembwe, ibindi nanone bigabwa kuri Kalongi igice kigabanya Minembwe no kwa Mulima werekeza i Fizi ku i zone.

Nk’uko amakuru akomeza abivuga byahagabwe igihe cya saa ine zija gushyira saa tanu, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Ariko umutwe wa MRDP-Twirwaneho uhagenzura ubasha kubisubiza inyuma byose, ari byagabwe muri Bicumbi, Kalongi na Mikenke, kimweho aha mu Mikenke amakuru avuga ko umwanzi yaraye hafi naho intambara yiriwe ibera.

Hari bindi bice umwanzi yakomeje kugaragaramo nubwo atabigabyemo ibitero nka Gahwela no mu nkengero zayo no mu Rugezi usibye ko aha mu Rugezi umwanzi yabigagabye ku munsi w’ejo ku wa gatatu.

Aya makuru anagaragaza ko byahitanye ubuzima bw’abasivili barenga babiri, binatuma abandi benshi bava mubyabo bagahungira mu bihuru no mu mashyamba n’abana.

Ni mu gihe no mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane, drones z’izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta zateye ibisasu mu Rugezi byica abasivili barenga bane abandi n’abo barenga batandatu babikomerekeramo.

Leta ya Congo ikomeje gukoresha ingabo zayo kwica abasivili mu gihe i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by’imishyikirano biyihuza n’umutwe wa M23.

Ibi biganiro byatangiye mu cyumweru gishize ahagana mu mpera zacyo.

Ibi biganiro bifite intego yo kumvikanisha impande zihanganye, hagamijwe kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ariko kandi ku rundi ruhande, indi mirwano ikomeye ikomeje kuvugwa mu bice byo muri teritware ya Mwenga hagati ya AFC/M23/MRDP -Twirwaneho n’ingabo za RDC, aho yo yatangiye kuvugwa mu cyumweru cyo hirya.

Ndetse binavugwa ko uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri ibyo bice.

Tags: AbanyamulengeIbiteroRugezi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?