• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2025
in Conflict & Security
0
Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili.

You might also like

Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y’Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima

« Ville Morte » à Uvira, mais le marché de Kiziba a connu une forte affluence : ce que disent les habitants sur les nouvelles conditions de vie à Bijombo

“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirimo iza Repubulika ya demokarasi ya Congo iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ndetse na FDLR zagabye ibitero mu duce dutuwe n’Abanyamulenge, bihitana ubuzima bw’abantu abandi babikomerekeramo.

Ni bitero byakozwe kuri uyu wa kane tariki ya 28/08/2025, bigabwa mu duce dutandukanye dutuwe cyane two muri teritware ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo.

Utwo duce hari aka Bicumbi gaherereye mu Burasirazuba bwa Kalingi, Mikenke nayo iri mu ntera y’i birometero nk’i cyenda uvuye muri centre ya Minembwe, ibindi nanone bigabwa kuri Kalongi igice kigabanya Minembwe no kwa Mulima werekeza i Fizi ku i zone.

Nk’uko amakuru akomeza abivuga byahagabwe igihe cya saa ine zija gushyira saa tanu, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Ariko umutwe wa MRDP-Twirwaneho uhagenzura ubasha kubisubiza inyuma byose, ari byagabwe muri Bicumbi, Kalongi na Mikenke, kimweho aha mu Mikenke amakuru avuga ko umwanzi yaraye hafi naho intambara yiriwe ibera.

Hari bindi bice umwanzi yakomeje kugaragaramo nubwo atabigabyemo ibitero nka Gahwela no mu nkengero zayo no mu Rugezi usibye ko aha mu Rugezi umwanzi yabigagabye ku munsi w’ejo ku wa gatatu.

Aya makuru anagaragaza ko byahitanye ubuzima bw’abasivili barenga babiri, binatuma abandi benshi bava mubyabo bagahungira mu bihuru no mu mashyamba n’abana.

Ni mu gihe no mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane, drones z’izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta zateye ibisasu mu Rugezi byica abasivili barenga bane abandi n’abo barenga batandatu babikomerekeramo.

Leta ya Congo ikomeje gukoresha ingabo zayo kwica abasivili mu gihe i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by’imishyikirano biyihuza n’umutwe wa M23.

Ibi biganiro byatangiye mu cyumweru gishize ahagana mu mpera zacyo.

Ibi biganiro bifite intego yo kumvikanisha impande zihanganye, hagamijwe kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ariko kandi ku rundi ruhande, indi mirwano ikomeye ikomeje kuvugwa mu bice byo muri teritware ya Mwenga hagati ya AFC/M23/MRDP -Twirwaneho n’ingabo za RDC, aho yo yatangiye kuvugwa mu cyumweru cyo hirya.

Ndetse binavugwa ko uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri ibyo bice.

Tags: AbanyamulengeIbiteroRugezi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y’Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y’Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima

Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y'Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru Minembwe Capital News yakusanyije aturutse...

Read moreDetails

« Ville Morte » à Uvira, mais le marché de Kiziba a connu une forte affluence : ce que disent les habitants sur les nouvelles conditions de vie à Bijombo

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

« Ville Morte » à Uvira, mais le marché de Kiziba a connu une forte affluence : ce que disent les habitants sur les nouvelles conditions de vie...

Read moreDetails

“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

"Ville Morte" i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibikorwa hafi ya byose...

Read moreDetails

Amasezerano ya Doha Atangiye Gushyirwa mu Bikorwa: RDC Iri mu Myiteguro yo Kurekura Bamwe mu Mfungwa Basabwe na AFC/M23

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Amasezerano ya Doha Atangiye Gushyirwa mu Bikorwa: RDC Iri mu Myiteguro yo Kurekura Bamwe mu Mfungwa Basabwe na AFC/M23

Amasezerano ya Doha Atangiye Gushyirwa mu Bikorwa: RDC Iri mu Myiteguro yo Kurekura Bamwe mu Mfungwa Basabwe na AFC/M23 Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Abaturage Bataka Akababaro ko Kwishyuzwa ku Mabariyeri ya Wazalendo, Ubucuruzi n’Ingendo Bigeze mu Marembera

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Kivu y’Epfo: Abaturage Bataka Akababaro ko Kwishyuzwa ku Mabariyeri ya Wazalendo, Ubucuruzi n’Ingendo Bigeze mu Marembera

Kivu y'Epfo: Abaturage Bataka Akababaro ko Kwishyuzwa ku Mabariyeri ya Wazalendo, Ubucuruzi n'Ingendo Bigeze mu Marembera Mu gihe umutekano ukomeje kuba ikibazo gikomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?