• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC zasabwe ibikakaye.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC zasabwe ibikakaye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, beasabye abasirikare b’u Burundi bari muri Congo guhita bava ku butaka bw’iki gihugu byihuse bitaba ibyo zikaraswa, ngo kuko ziri muri iki gihugu muburyo budafudutse.

Bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yanyujije mu itangazo uyu mutwe washyize hanze ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 15/02/2025.

Iri tangazo uyu mutwe warisohoye nyuma y’aho ufashe ibice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajy’epfo, birimo n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i y’i Ntara ya Kivu y’Epfo.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, ihuriro ry’ingabo rirwana ku ruhande rwa leta, ririmo n’ingabo z’u Burundi ryahungiye i b’Uvira no mu bindi bice bitandukanye byo muri teritware ya Walungu muri iyi ntara.

Iri tangazo rya M23 riteweho umukono n’umuvugizi wayo, rigira riti: “M23 irasaba ingabo z’u Burundi ntayandi mananiza guhita ziva ku butaka bwa RDC, by’umwihariko mu duce twa Nkomo, Nyangenzi, ikibaya cya Rusizi no mu nkengero zaho. Kuba ziburiho ntibikwiye, bityo zikwiye gusubira iwabo mu Burundi.”

Iryo tangazo kandi rivuga ko ingabo z’u Burundi iminsi zimaze zikorera muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ihagije ngo kuko zayikozemo ibikorwa byo kwica, gusahura ibyabenegihugu, ndetse kandi zigenda ziteza abaturage b’iki gihugu akaga.

M23 muri iryo tangazo ivuga ko ari itegeko ko ingabo z’u Burundi ziva muri RDC.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma mu butumwa yanyujije kuri x mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, yashinje izi ngabo z’u Burundi n’iza RDC gukora ibikorwa byo gusahura mu mujyi wa Bukavu ndetse no gusenya amazu y’abaturage no kwangiza ibindi bikorwa bitandukanye muri uyu mujyi.

Tags: IbikakayeIngabo z'u BurundiKivu yamajy'EpfoM23Rdc
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?