• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC zasabwe ibikakaye.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC zasabwe ibikakaye.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, beasabye abasirikare b’u Burundi bari muri Congo guhita bava ku butaka bw’iki gihugu byihuse bitaba ibyo zikaraswa, ngo kuko ziri muri iki gihugu muburyo budafudutse.

Bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yanyujije mu itangazo uyu mutwe washyize hanze ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 15/02/2025.

Iri tangazo uyu mutwe warisohoye nyuma y’aho ufashe ibice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajy’epfo, birimo n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i y’i Ntara ya Kivu y’Epfo.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, ihuriro ry’ingabo rirwana ku ruhande rwa leta, ririmo n’ingabo z’u Burundi ryahungiye i b’Uvira no mu bindi bice bitandukanye byo muri teritware ya Walungu muri iyi ntara.

Iri tangazo rya M23 riteweho umukono n’umuvugizi wayo, rigira riti: “M23 irasaba ingabo z’u Burundi ntayandi mananiza guhita ziva ku butaka bwa RDC, by’umwihariko mu duce twa Nkomo, Nyangenzi, ikibaya cya Rusizi no mu nkengero zaho. Kuba ziburiho ntibikwiye, bityo zikwiye gusubira iwabo mu Burundi.”

Iryo tangazo kandi rivuga ko ingabo z’u Burundi iminsi zimaze zikorera muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ihagije ngo kuko zayikozemo ibikorwa byo kwica, gusahura ibyabenegihugu, ndetse kandi zigenda ziteza abaturage b’iki gihugu akaga.

M23 muri iryo tangazo ivuga ko ari itegeko ko ingabo z’u Burundi ziva muri RDC.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma mu butumwa yanyujije kuri x mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, yashinje izi ngabo z’u Burundi n’iza RDC gukora ibikorwa byo gusahura mu mujyi wa Bukavu ndetse no gusenya amazu y’abaturage no kwangiza ibindi bikorwa bitandukanye muri uyu mujyi.

Tags: IbikakayeIngabo z'u BurundiKivu yamajy'EpfoM23Rdc
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?