Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, zategetswe kuvana Ingabo zayo, mu bice M23 iheruka kubohoza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 29, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, zategetswe kuvana Ingabo zayo, mu bice M23 iheruka kubohoza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba MONUSCO, bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bategetswe kuvana Ingabo zabo mu bice byafashwe na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byasabwe na leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, nk’uko MONUSCO yabitangaje ubwayo yonyine ikoresheje urubuga rwa x.

Monusco ikoresheje urubuga rwayo rwa x, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29/03/2024, yatanze ubutumwa igira iti: “Hashingiwe ku busabe bw’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Monusco yavuye mu birindiro byayo biri i Rwindi na Nyanzale, y’imurira ingabo zayo ahandi kugira ngo zijye kongerera imbaraga ibikorwa byo muri Kivu Yaruguru.”

Ubutumwa bwa Monusco bukomeza buvuga ko “ibikoresho byazo bya gisirikare birimo imbunda ziremereye n’amasasu, nabyo byakuwe mu birindiro byegereye parike ya Virunga, byi murirwa ahandi.”

Centre ya Nyanzale yafashwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga(M23), mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatatu, nyuma yaho gato baje kongera kwigarurira na Rwindi. Ubwo n’ibwo leta ya Kinshasa yatangiye gushinja MONUSCO kurebera ibyo bice bigafwa n’abo barwanyi. Bityo Kinshasa ikavuga ko Monusco itera inkunga M23 .

Ibi bigakekwa ko biri mu byatumye leta ya Kinshasa,bisaba ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, kuvana Ingabo zabo muri Rwindi na Nyanzale, muri teritware ya Rutsuru.

             MCN.
Tags: Ingabo zayoKinshasaKuvanaLetaMonuscoNyanzaleRwindiYategetswe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?