Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingaruka z’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Birundi, zageze no mu Banye-Kongo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gufunga imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda ngo biri mubyatunye haba ingaruka mbi ku butunzi bureba ibihugu byombi ndetse n’u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ibi byagaragaye ahanini i Kamanyola muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umwe mu baturage bakora akazi k’u Bucuruzi, Josephine Mugoto, ya bwiye itangaza makuru ati: “Nka bacuruzi bakora ingendo za mbukiranya imipaka biratugoye rwose. Ubu twa buze ico gukora twacururizaga i Burundi tukagera ni Rwanda.”

Na leta Zunze Ubumwe z’Amerika ntizishimiye iki cyemezo i Gihugu c’u Burundi, cyafashe gitunguranye ni mugihe Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu Rwanda, yatangaje amenyesha Abaturage b’igihugu cyabo ati:” Umuburo ku Banyamerika kubera ifungwa ry’umupaka w’u Burundi n’u Rwanda. Nta makuru dufite y’igihe irifungwa rizamara.”

Uy’u ambasaderi yanasabye abaturage ko bakwiye kuza bakurikirana amakuru ngo kuko nabo ibi ba bimenyeshejwe n’itangaza makuru.

Ati: “Turabagira i Nama yogukurikiranira hafi itangaza makuru ryo mu gihugu kugira mu menye byinshi ndetse n’ibivugwa kuriki kibazo.”

Twa bibutse ko leta y’u Burundi, k’u wa Kane, itariki ya 11/01/2024, aribwo yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka yose ihuza igihugu cyabo n’u Rwanda. Ni nyuma y’ijambo perezida Evariste Ndayishimiye, yavuze tariki ya 31/12/2023, aho yashinje u Rwanda gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara, zizwiho umugambi wo guhindura ubutegetsi bw’u Burundi.

Bruce Bahanda.

Tags: AmbasaderiAmerikaBurundiIfungwaRwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC bayobotse M23, nyuma y’uko leta ya Kinshasa, itangiye gutoteza abavuka mu Ntara ya Katanga no muri Kivu Yaruguru ni y’Epfo.

I Karuba, havuzwe imirwaro naho i Birere, haravugwa iraswa ry'ibibombe bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?