Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko imfungwa zifungiye muri gereza nkuru ya Ngozi, zimerewe nabi kubera inzara, ni mu gihe ay’amakuru avuga ko iz’imfungwa zimaze ukwezi zitabona ibiryo.

Iminsi irenga 25 ishize nta biryo bibarizwa muri yi gereza nkuru ya Ngozi, aho kugeza ubu usanga buri muntu arya amagarama 300 gusa y’ibishyimbo ku munsi kandi nabyo byaboreye mu madepot.

Abenshi mu bafungiye muri iyi gereza, ntibafite imiryango ishobora kubaha ibiryo muri iki gihe, aho usanga bafite intege nke cyane kubera inzara ndetse bakaba bamwe bashobora no kuhasiga ubuzima.

Abafunzwe bavuga ko batigeze bamenyeshwa impamvu zitewe no kubura kw’ifu y’ibigori bagasaba minisiteri ishinzwe imfungwa kubakemurira ikibazo kuko nabo ngo ari abantu. Izi mfungwa zisaba kandi abagiraneza kubafasha babaha imfashanyo y’ibiribwa.

Maître Gustave Niyonzima uharanira uburenganzira bwa muntu, avuga ko kwamburwa ibiryo ari uguhohotera imfungwa ku ruhande rw’abashinzwe gereza.

Yavuze ko imfungwa zifite uburenganzira bwa kurya bakurikije itegeko rya 2017 ryerekeye ubutegetsi bwa gereza n’imikorere yayo.

Yagize ati: “Aba bafunzwe bambuwe uburenganzira. Ibi binyuranyije n’amahame y’ubumuntu no kubaha umuntu. Minisiteri y’ubutabera n’inzego z’ubuyobozi bwa gereza, bakwiye kwiga iki kibazo kigakemuka burundu.”

Gustave Niyonzima yanahamagariye leta gukora iperereza ryimbitse kuri iki kibazo kugirango barokore ubuzima bw’imfungwa.

             MCN.
Tags: Gereza nkuru ya NgoziImfungwaInzara iravuza ubuhuha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo yongeye gukara muri Kenya, barasaba perezida William Ruto kwegura hakiri kare.

Imyigaragambyo yongeye gukara muri Kenya, barasaba perezida William Ruto kwegura hakiri kare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?