• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Shop & Explore

Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 22, 2025
in Shop & Explore
0
Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi

You might also like

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere

Mu gihe byaribisanzwe bizwi ukwezi kumwe ko ariko kuzenguruka isi, byatangajwe ko isi ifite ukundi kwezi guto kuzenguruka mu nzira imwe n’ukwezi gusanzwe.

Byatangajwe n’ikigo gikora ubushakashatsi cya Banyamerika, NASA, aho cyemeje neza ko isi ifite ukundi kwezi kwa kabiri ariko guto.

Bavuga ko ari agace bise 2025 PN7, akantu gato cyane gafite uburebure bugera hafi kuri metero 19, kakaba karabonetse hakoreshwejwe telescope ikomeye yo muri Hawaii yitwa Pan-Stars.

NASA kandi ivuga ko aka gace gato kagaragaye kagenda mu nzira ikurikira izuba kimwe n’isi, bigatuma kagaragara nk’aho “kazengurutse isi” nk’uko ukwezi gusanzwe gukora, bavuga kandi ko kagenzurwa n’imbaraga z’izuba kurusha iza gravity y’isi ikurura ukwezi.

Banavuze kandi ko uku kwezi guto bise “2025 PN7” gufitanye isano n’isi. Bivuze ko atari ukwezi nyakuri. Kuko mu kugasobanura bakoresheje ijambo “quasi -moon” cyangwa “Quasi-satellite.”

Banavuga ko kutazenguruka isi mu buryo bwuzuye, ahubwo ko ari agace ka asteroid kari hafi y’abantu, kagenda ku murongo ujyana n’uw’isi igihe kirekire, bituma bigaragara nk’aho ari ukwezi guto gufasha abantu.

Ubu bushakashatsi busobanura ko uku kwezi guto kwabonywe mu rugendo rwayo rwo kwegera isi kuva mu myaka yashize, biteganyijwe ko kuzakomeza kugumana ubwo buryo bwo kuba hafi y’isi kugeza n’ibura mu mwaka wa 2083.

Si ubwa mbere isi igira “mini-moon.” Kuko no mu myaka yashize, abashakashatsi basanze agace kitwa 469219 Kamo’olewa(2016 H03 na ko kagenda mu buryo n’ubwo 2025 PN7 iri gukoresha.

Kandi aba bashakashatsi bavuga ko nubwo bitangaje, ariko bidateje impungenge z’umutekano zihari, kuko 2025 PN7 iri kure bihagije ku buryo idashobora guteza ibibazo cyangwa ngo ihurirane n’isi.

Hagataho, isi iri kugenda itungurwa n’ibitangaza byisanzure, itigeze ihura nabyo mu myaka yo ha mbere.

Tags: NASAUbushakashatsiUkwezi gutoYungutse
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

by Bahanda Bruce
January 6, 2026
0
Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

Inkuba, Ubumenyi n'Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw'Uwakubiswe n'Inkuba Mu gace ka Jarama, mu Burasirazuba bw’u Rwanda, haravugwa inkuru yihishemo agahinda gakomeye, aho inkuba yakubise abantu icyenda, bamwe...

Read moreDetails

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana Umushinjacyaha Mukuru wa Leta ya U.S. Virgin Islands yatanze ikirego mu nkiko...

Read moreDetails

Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere

Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere Uhuru Group Ltd ni sosiyete yigenga izobereye mu gushushanya no...

Read moreDetails

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara Umushoferi w’umwuga, Patron Kizehe, arararikira abagenzi bakora ingendo hagati ya Nakivale na Mbarara, kimwe n’ahandi...

Read moreDetails

Minembwe mu Mwijima w’Itumanaho, Gucibwa kwa Network ya Vodacom Guteje Impungenge ku Baturage no ku Isi

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Minembwe mu Mwijima w’Itumanaho, Gucibwa kwa Network ya Vodacom Guteje Impungenge ku Baturage no ku Isi

Minembwe mu Mwijima w’Itumanaho, Gucibwa kwa Network ya Vodacom Guteje Impungenge ku Baturage no ku Isi Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Minembwe, mu misozi y'i Mulenge ho...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?