• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Shop & Explore

Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 22, 2025
in Shop & Explore
0
Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi

You might also like

Supermoon yagaragaye mu kirere cy’u Rwanda

Ethiopia: Ikirunga cyarutse ku nshuro ya mbere mu myaka 12,000 ishize kitaruka

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

Mu gihe byaribisanzwe bizwi ukwezi kumwe ko ariko kuzenguruka isi, byatangajwe ko isi ifite ukundi kwezi guto kuzenguruka mu nzira imwe n’ukwezi gusanzwe.

Byatangajwe n’ikigo gikora ubushakashatsi cya Banyamerika, NASA, aho cyemeje neza ko isi ifite ukundi kwezi kwa kabiri ariko guto.

Bavuga ko ari agace bise 2025 PN7, akantu gato cyane gafite uburebure bugera hafi kuri metero 19, kakaba karabonetse hakoreshwejwe telescope ikomeye yo muri Hawaii yitwa Pan-Stars.

NASA kandi ivuga ko aka gace gato kagaragaye kagenda mu nzira ikurikira izuba kimwe n’isi, bigatuma kagaragara nk’aho “kazengurutse isi” nk’uko ukwezi gusanzwe gukora, bavuga kandi ko kagenzurwa n’imbaraga z’izuba kurusha iza gravity y’isi ikurura ukwezi.

Banavuze kandi ko uku kwezi guto bise “2025 PN7” gufitanye isano n’isi. Bivuze ko atari ukwezi nyakuri. Kuko mu kugasobanura bakoresheje ijambo “quasi -moon” cyangwa “Quasi-satellite.”

Banavuga ko kutazenguruka isi mu buryo bwuzuye, ahubwo ko ari agace ka asteroid kari hafi y’abantu, kagenda ku murongo ujyana n’uw’isi igihe kirekire, bituma bigaragara nk’aho ari ukwezi guto gufasha abantu.

Ubu bushakashatsi busobanura ko uku kwezi guto kwabonywe mu rugendo rwayo rwo kwegera isi kuva mu myaka yashize, biteganyijwe ko kuzakomeza kugumana ubwo buryo bwo kuba hafi y’isi kugeza n’ibura mu mwaka wa 2083.

Si ubwa mbere isi igira “mini-moon.” Kuko no mu myaka yashize, abashakashatsi basanze agace kitwa 469219 Kamo’olewa(2016 H03 na ko kagenda mu buryo n’ubwo 2025 PN7 iri gukoresha.

Kandi aba bashakashatsi bavuga ko nubwo bitangaje, ariko bidateje impungenge z’umutekano zihari, kuko 2025 PN7 iri kure bihagije ku buryo idashobora guteza ibibazo cyangwa ngo ihurirane n’isi.

Hagataho, isi iri kugenda itungurwa n’ibitangaza byisanzure, itigeze ihura nabyo mu myaka yo ha mbere.

Tags: NASAUbushakashatsiUkwezi gutoYungutse
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Supermoon yagaragaye mu kirere cy’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Supermoon yagaragaye mu kirere cy’u Rwanda

Supermoon yagaragaye mu kirere cy’u Rwanda Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, Abanyarwanda babonye ishusho idasanzwe y’Ukwezi kuzuye, kunini kandi kwaka cyane kurusha ibisanzwe,...

Read moreDetails

Ethiopia: Ikirunga cyarutse ku nshuro ya mbere mu myaka 12,000 ishize kitaruka

by Bahanda Bruce
November 25, 2025
0
Ethiopia: Ikirunga cyarutse ku nshuro ya mbere mu myaka 12,000 ishize kitaruka

Ethiopia: Ikirunga cyarutse ku nshuro ya mbere mu myaka 12,000 ishize kitaruka Ikirunga cya Hayli Gubbi, giherereye mu Majyaruguru ya Ethiopia, cyarutse ku nshuro ya mbere nyuma y’imyaka...

Read moreDetails

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye Hirya no hino ku isi babonye ubwirakabiri bw'ukwezi bwabaye kandi bukaba bwari bwuzuye, ibyo bita "tatal lunar). Ubu bwirakabiri bw'ukwezi bwabaye ku...

Read moreDetails

Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

by minebwenews
July 10, 2025
0
Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro. Amakuru mashya kuri YouTube ni uko yabazaniye indi politiki idasanzwe kandi ikaba igiye guhita iyikurikiza...

Read moreDetails

Unleash Your Creativity with the Ultimate 8K Vlogging Camera!

by minebwenews
June 25, 2025
0
Unleash Your Creativity with the Ultimate 8K Vlogging Camera!

Ready to capture life’s most vibrant moments in stunning details? The 8K Digital Camera for Photography, 88MP Autofocus WiFi Vlogging Camera for YouTube Video with Front and Rear...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?