• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Shop & Explore

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 27, 2025
in Shop & Explore
0
Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

You might also like

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

Umushoferi w’umwuga, Patron Kizehe, arararikira abagenzi bakora ingendo hagati ya Nakivale na Mbarara, kimwe n’ahandi hatandukanye muri Uganda, kumugana igihe bifuza serivisi z’umutekano, zinoze kandi zizewe zo gutwara abantu.

Mu butumwa yahaye Minembwe Capital News (MCN) kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27/12/2025, Kizehe yagaragaje ko ari umushoferi utwara abagenzi mu buryo bwemewe n’amategeko, akoresheje imodoka ya taxi yo mu bwoko bwa Wish, izwiho gutanga urugendo rumeze neza kandi rufite umutekano usesuye.

Uyu mushoferi asanzwe akorera cyane mu bice bya Mbarara na Nakivale, ariko kandi ashobora no gutanga serivisi zidasanzwe (spécial) mu bindi bice bitandukanye byo muri Uganda, bitewe n’ibyifuzo by’umukiliya.

Abagenzi baganiriye na MCN bagaragaje ko bamushima ubunyamwuga bwe, imyitwarire myiza n’uburyo atwara abagenzi neza, ibintu byamugize icyizere ku bakora izi ngendo kenshi. Mu bisanzwe, urugendo ruvuye Nakivale rugana Mbarara rumara igihe kiri hagati y’isaha imwe n’iminota 45, bitewe n’imiterere y’umuhanda n’ikirere.

Ku bijyanye n’ibiciro, umugenzi umwe yishyura amafaranga ari hagati ya 10,000 na 15,000 by’amashiringi ya Uganda (UGX), bitewe n’aho ava n’aho agana.

Ku bagenzi bashaka urugendo rwujuje ibisabwa by’umutekano, icyubahiro n’ubunyamwuga, Patron Kizehe agaragazwa nk’umwe mu bashoferi b’icyitegererezo mu gace ka Uganda y’Iburengerazuba.

Abifuza gukoresha serivisi ze bashobora kumuhamagara kuri numero ye ya telefone ya MTN: 0781 643 275.

Tags: MbararaNakivaleShoferi Kizehe
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

by Bahanda Bruce
May 17, 2026
0
Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Yahitanye Abaturage muri RDC Mu Ntara ya Lomami muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), havutse amakimbirane akomeye hagati y’abaturage bo mu bice...

Read moreDetails

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi Umuherwe ukomoka muri Nigeria, Aliko Dangote, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kongera gushyirwa ku rutonde ruzwi cyane...

Read moreDetails

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50 Abahanga mu by’isanzure bakoze amateka mashya mu rugendo rwiswe Artemis II...

Read moreDetails

Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere

Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere Mu gihe ubushakashatsi ku isanzure bukomeje gutera imbere, Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’isanzure, NASA, cyashyize ahagaragara amafoto...

Read moreDetails

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

by Bahanda Bruce
January 6, 2026
0
Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

Inkuba, Ubumenyi n'Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw'Uwakubiswe n'Inkuba Mu gace ka Jarama, mu Burasirazuba bw’u Rwanda, haravugwa inkuru yihishemo agahinda gakomeye, aho inkuba yakubise abantu icyenda, bamwe...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano Ikaze ya AFC/M23 na Wazalendo Yakajije Umurego mu Misozi ya Uvira

Imirwano Ikaze ya AFC/M23 na Wazalendo Yakajije Umurego mu Misozi ya Uvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?