• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Shop & Explore

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 27, 2025
in Shop & Explore
0
Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

Umushoferi w’umwuga, Patron Kizehe, arararikira abagenzi bakora ingendo hagati ya Nakivale na Mbarara, kimwe n’ahandi hatandukanye muri Uganda, kumugana igihe bifuza serivisi z’umutekano, zinoze kandi zizewe zo gutwara abantu.

READ ALSO

Amabanga Yari Yaribagiranye y’Aba-Neanderthal: Siyansi Yongeye Kwerekana Isura y’Umugore Wabayeho Imyaka 75,000 Ishize, Ihindura Uko Twumvaga Inkomoko y’Ikiremwamuntu

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

Mu butumwa yahaye Minembwe Capital News (MCN) kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27/12/2025, Kizehe yagaragaje ko ari umushoferi utwara abagenzi mu buryo bwemewe n’amategeko, akoresheje imodoka ya taxi yo mu bwoko bwa Wish, izwiho gutanga urugendo rumeze neza kandi rufite umutekano usesuye.

Uyu mushoferi asanzwe akorera cyane mu bice bya Mbarara na Nakivale, ariko kandi ashobora no gutanga serivisi zidasanzwe (spécial) mu bindi bice bitandukanye byo muri Uganda, bitewe n’ibyifuzo by’umukiliya.

Abagenzi baganiriye na MCN bagaragaje ko bamushima ubunyamwuga bwe, imyitwarire myiza n’uburyo atwara abagenzi neza, ibintu byamugize icyizere ku bakora izi ngendo kenshi. Mu bisanzwe, urugendo ruvuye Nakivale rugana Mbarara rumara igihe kiri hagati y’isaha imwe n’iminota 45, bitewe n’imiterere y’umuhanda n’ikirere.

Ku bijyanye n’ibiciro, umugenzi umwe yishyura amafaranga ari hagati ya 10,000 na 15,000 by’amashiringi ya Uganda (UGX), bitewe n’aho ava n’aho agana.

Ku bagenzi bashaka urugendo rwujuje ibisabwa by’umutekano, icyubahiro n’ubunyamwuga, Patron Kizehe agaragazwa nk’umwe mu bashoferi b’icyitegererezo mu gace ka Uganda y’Iburengerazuba.

Abifuza gukoresha serivisi ze bashobora kumuhamagara kuri numero ye ya telefone ya MTN: 0781 643 275.

Tags: MbararaNakivaleShoferi Kizehe

Related Posts

Amabanga Yari Yaribagiranye y’Aba-Neanderthal: Siyansi Yongeye Kwerekana Isura y’Umugore Wabayeho Imyaka 75,000 Ishize, Ihindura Uko Twumvaga Inkomoko y’Ikiremwamuntu
Shop & Explore

Amabanga Yari Yaribagiranye y’Aba-Neanderthal: Siyansi Yongeye Kwerekana Isura y’Umugore Wabayeho Imyaka 75,000 Ishize, Ihindura Uko Twumvaga Inkomoko y’Ikiremwamuntu

July 5, 2026
Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC
Shop & Explore

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

May 17, 2026
Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi
Shop & Explore

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

April 17, 2026
Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50
Shop & Explore

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

April 11, 2026
Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere
Shop & Explore

Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere

April 6, 2026
Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba
Shop & Explore

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

January 6, 2026
Next Post
Imirwano Ikaze ya AFC/M23 na Wazalendo Yakajije Umurego mu Misozi ya Uvira

Imirwano Ikaze ya AFC/M23 na Wazalendo Yakajije Umurego mu Misozi ya Uvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?