Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Iran yaburiye Israel na Amerika kutazakora igikorwa cyo kwihorera kugitero bagabye kuri Israel, ngo mu gihe babikoze ingaruka zizoba umurengera.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Iran ibuza Israel kwihora ku bitero bidasanzwe bayigabyeho mu ijoro ryo ku wa Gatandatu bucya ari ku Cyumweru, tariki ya 14/04/2024.

Igisirikare cya Israel kivuga ko Iran yayiteye ikoresheje indege z’intambara zitagira abapilote (drone) 17O, n’ibisasu bya Misile byo mu bwoko bwa balistike 120, ndetse n’ibisasu biraswa binyuze mu mazi 30.

Iran yavuze ko ntakindi gitero ishobora kugaba kuri Israel ngo mu gihe Israel itakora ibitero byo kwihora. Umuvugizi w’igisirikare cya Israel, Lt Col Peter Lerner, yatangaje ko batemera ibyavuzwe n’ubutegetsi bwa Iran.

Ati: “Nti twemera ibyo bavuze. Muri iki gitondo, abarwanyi ba Hezbollah barashe muri Israel bari muri Liban.”

Ibitero byo ku wa Gatandatu, nibyo byambere bibaye ku mugaragaro hagati ya Iran na Israel bimaze igihe bidacana uwaka. Leta ya ya Israel yemeje ubufatanye bwayo n’inshuti zayo harimo igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashoboye kuburizamo ibice hafi ya 99% byibyo bitero bya Iran.

Lt Col Peter Lerner yanavuze ko ibitero bya Iran ko nta byinshi byangirije.

Ku rundi ruhande minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yahamagaje i Nama idasanzwe igamije kwiga uko Israel yihora. I Nama Benjamin Netanyahu yahamagaje irimo abagize leta y’igihugu cye.

Gusa leta ya perezida Joe Biden yatangaje ko ntaruhare izagira mu gihe Israel yahitamo guhora. Ariko Amerika iremera neza ko yafashije Israel kuburizamo ibitero yari yagabweho na Iran.

Iran yo ivuga ko ibitero yagabye kuri Israel byari mu buryo bwo kwihorera ku gitero ivuga ko igisirikare cya Israel cyagabye kuri ambasade yayo muri Siriya, kigasiga gihitanye abasirikare ba Iran barindwi barimo n’abajenerali babiri.

Israel ntabwo yigeze ihakana ko ariyo yagabye icyo gitero kandi ntacyo yakivuzeho.

        MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuIranIsraelYaba igiye guhora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23.

Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y'ihuriro ry'Ingabo za RDC na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?