• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, January 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

minebwenews by minebwenews
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Iran yaburiye Israel na Amerika kutazakora igikorwa cyo kwihorera kugitero bagabye kuri Israel, ngo mu gihe babikoze ingaruka zizoba umurengera.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni Iran ibuza Israel kwihora ku bitero bidasanzwe bayigabyeho mu ijoro ryo ku wa Gatandatu bucya ari ku Cyumweru, tariki ya 14/04/2024.

Igisirikare cya Israel kivuga ko Iran yayiteye ikoresheje indege z’intambara zitagira abapilote (drone) 17O, n’ibisasu bya Misile byo mu bwoko bwa balistike 120, ndetse n’ibisasu biraswa binyuze mu mazi 30.

Iran yavuze ko ntakindi gitero ishobora kugaba kuri Israel ngo mu gihe Israel itakora ibitero byo kwihora. Umuvugizi w’igisirikare cya Israel, Lt Col Peter Lerner, yatangaje ko batemera ibyavuzwe n’ubutegetsi bwa Iran.

Ati: “Nti twemera ibyo bavuze. Muri iki gitondo, abarwanyi ba Hezbollah barashe muri Israel bari muri Liban.”

Ibitero byo ku wa Gatandatu, nibyo byambere bibaye ku mugaragaro hagati ya Iran na Israel bimaze igihe bidacana uwaka. Leta ya ya Israel yemeje ubufatanye bwayo n’inshuti zayo harimo igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashoboye kuburizamo ibice hafi ya 99% byibyo bitero bya Iran.

Lt Col Peter Lerner yanavuze ko ibitero bya Iran ko nta byinshi byangirije.

Ku rundi ruhande minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yahamagaje i Nama idasanzwe igamije kwiga uko Israel yihora. I Nama Benjamin Netanyahu yahamagaje irimo abagize leta y’igihugu cye.

Gusa leta ya perezida Joe Biden yatangaje ko ntaruhare izagira mu gihe Israel yahitamo guhora. Ariko Amerika iremera neza ko yafashije Israel kuburizamo ibitero yari yagabweho na Iran.

Iran yo ivuga ko ibitero yagabye kuri Israel byari mu buryo bwo kwihorera ku gitero ivuga ko igisirikare cya Israel cyagabye kuri ambasade yayo muri Siriya, kigasiga gihitanye abasirikare ba Iran barindwi barimo n’abajenerali babiri.

Israel ntabwo yigeze ihakana ko ariyo yagabye icyo gitero kandi ntacyo yakivuzeho.

        MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuIranIsraelYaba igiye guhora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23.

Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y'ihuriro ry'Ingabo za RDC na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?