• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 12, 2025
in World News
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

You might also like

Qatar Yabashije Gukumira Ibisasu bya Iran, Ingendo z’Indege Zahagaze, Impfu n’Ingaruka Zatangajwe mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibitero Simusiga bya USA na Israel kuri Iran Byahinduye Isura y’Umutekano w’Akarere; Tehran Itangaza Kwihimura ku Rugero Rukomeye

Perezida wa Amerika n’Igisirikare cya Israel Bemeje ku Mugaragaro Igitero kuri Iran; Hanatangajwe Ibyangiritse kugeza Ubu

Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y’abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari intumwa za Hamas.

Byagarutsweho na ninisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, wavuze ko barashe kuri Qatar kubera ko yaricumbikiye ibyihebe byo mu mutwe wa Hamas.

Yagize ati: “Guverinoma ntizikwiye gucumbikira ibyihebe, twahigaga ibyihebe byagize uruhare mu gutegura ibitero byo ku itariki ya 07/10/2023.”

Netanyahu kandi yavuze ko kiriya gitero bakoze gisa neza nk’ibyo Amerika yagabye yihimura ku bitero bya Al-Qaeda byayigabweho ku wa 11/09/2001.

Hirya y’ejo ni bwo igisirikare cya Israel cyagabye icyo gitero. Ni igitero amakuru avuga ko cyari kigambiriye kwivugana abayobozi ba Hamas bari muri icyo gihugu aho bari bitabiriye ibiganiro by’amahoro.

Nyuma y’icyo gitero ibihugu birimo Amerika, ubumwe bw’u Burayi na Qatar ubwayo, bamaganye Israel yabikoze.

Nk’ubumwe bw’u Burayi bwanasohoye itangazo buvuga ko bugiye guhagarika inkunga bwahaga Israel.

Mu gihe Qatar na yo yashyize itangazo hanze, isobanura ko Israel yari ibizi ko abayobozi ba Hamas bagiye muri Qatar bisabwe na Merika na Israel.

Ndetse kandi ivuga ko bitumvikana uburyo ibya Hamas byagereranywa na Al-Qaeda kuko ubwo uyu mutwe w’iterabwoba wagabaga ibitero kuri Amerika nta buhuza mpuzamahanga bwashatswe.

Israel uretse kuba yaragabye kiriya gitero ku ntumwa zari mu biganiro by’amahoro, inengwa kandi kuba yaravogereye ubusugire n’umutekano by’ikindi gihugu.

Tags: HamasIgiteroNetanyahuQatar
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Qatar Yabashije Gukumira Ibisasu bya Iran, Ingendo z’Indege Zahagaze, Impfu n’Ingaruka Zatangajwe mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Qatar Yabashije Gukumira Ibisasu bya Iran, Ingendo z’Indege Zahagaze, Impfu n’Ingaruka Zatangajwe mu Burasirazuba bwo Hagati

Qatar Yabashije Gukumira Ibisasu bya Iran, Ingendo z’Indege Zahagaze, Impfu n’Ingaruka Zatangajwe mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umwuka mubi w’intambara ukomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati, Minisiteri...

Read moreDetails

Ibitero Simusiga bya USA na Israel kuri Iran Byahinduye Isura y’Umutekano w’Akarere; Tehran Itangaza Kwihimura ku Rugero Rukomeye

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Perezida wa Amerika n’Igisirikare cya Israel Bemeje ku Mugaragaro Igitero kuri Iran; Hanatangajwe Ibyangiritse kugeza Ubu

Ibitero Simusiga bya USA na Israel kuri Iran Byahinduye Isura y’Umutekano w’Akarere; Tehran Itangaza Kwihimura ku Rugero Rukomeye Nyuma y’iminsi mike Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Perezida wa Amerika n’Igisirikare cya Israel Bemeje ku Mugaragaro Igitero kuri Iran; Hanatangajwe Ibyangiritse kugeza Ubu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Perezida wa Amerika n’Igisirikare cya Israel Bemeje ku Mugaragaro Igitero kuri Iran; Hanatangajwe Ibyangiritse kugeza Ubu

Perezida wa Amerika n’Igisirikare cya Israel Bemeje ku Mugaragaro Igitero kuri Iran; Hanatangajwe Ibyangiritse kugeza Ubu Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28/02/2026, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’igihugu cya Israel zagabye igitero kuri Irani, mu gihe Perezida wa Amerika, Donald Trump, yatangaje...

Read moreDetails

Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose

Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko yashyizeho uburyo bwihariye bwo gukurikirana no kugenzura ibicuruzwa biri ku isoko,...

Read moreDetails
Next Post
Chelsea mu mazi abira: Irashinjwa ibyaha imirongo bijanye no kunyuranya n’amategeko

Chelsea mu mazi abira: Irashinjwa ibyaha imirongo bijanye no kunyuranya n’amategeko

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?