• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, November 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 12, 2025
in World News
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

You might also like

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y’abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari intumwa za Hamas.

Byagarutsweho na ninisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, wavuze ko barashe kuri Qatar kubera ko yaricumbikiye ibyihebe byo mu mutwe wa Hamas.

Yagize ati: “Guverinoma ntizikwiye gucumbikira ibyihebe, twahigaga ibyihebe byagize uruhare mu gutegura ibitero byo ku itariki ya 07/10/2023.”

Netanyahu kandi yavuze ko kiriya gitero bakoze gisa neza nk’ibyo Amerika yagabye yihimura ku bitero bya Al-Qaeda byayigabweho ku wa 11/09/2001.

Hirya y’ejo ni bwo igisirikare cya Israel cyagabye icyo gitero. Ni igitero amakuru avuga ko cyari kigambiriye kwivugana abayobozi ba Hamas bari muri icyo gihugu aho bari bitabiriye ibiganiro by’amahoro.

Nyuma y’icyo gitero ibihugu birimo Amerika, ubumwe bw’u Burayi na Qatar ubwayo, bamaganye Israel yabikoze.

Nk’ubumwe bw’u Burayi bwanasohoye itangazo buvuga ko bugiye guhagarika inkunga bwahaga Israel.

Mu gihe Qatar na yo yashyize itangazo hanze, isobanura ko Israel yari ibizi ko abayobozi ba Hamas bagiye muri Qatar bisabwe na Merika na Israel.

Ndetse kandi ivuga ko bitumvikana uburyo ibya Hamas byagereranywa na Al-Qaeda kuko ubwo uyu mutwe w’iterabwoba wagabaga ibitero kuri Amerika nta buhuza mpuzamahanga bwashatswe.

Israel uretse kuba yaragabye kiriya gitero ku ntumwa zari mu biganiro by’amahoro, inengwa kandi kuba yaravogereye ubusugire n’umutekano by’ikindi gihugu.

Tags: HamasIgiteroNetanyahuQatar
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y'ibitero bikaze by'u Burusiya Intara ya Donetsk, iherereye mu burasirazuba bwa Ukraine, iri mu mwijima, nyuma y'aho u Burusiya buyigabyemo ibitero...

Read moreDetails

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
1
I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

I Burundi mu byishimo nyuma y'uko babonye igitoro (lisansi) Igihugu cy'u Burundi cyari kimaze hafi imyaka irenga itanu cyarabuze ibikomoka kuri peteroli, ahanini lisansi, ariko cyongeye kuyibona. Ni...

Read moreDetails

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko "Samia Suluhu Hassan ariwe watsinze amatora y'umukuru w'igihugu, aho yayatsinze ku majwi 97, 66%....

Read moreDetails

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w'iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza;...

Read moreDetails

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Akajagari kadasanzwe mu matora y'umukuru w'igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera Mu gihe muri Tanzania hari amatora y'umukuru w'igihugu, imyigaragambyo na yo iracya igiti, aho urubyiruko...

Read moreDetails
Next Post
Chelsea mu mazi abira: Irashinjwa ibyaha imirongo bijanye no kunyuranya n’amategeko

Chelsea mu mazi abira: Irashinjwa ibyaha imirongo bijanye no kunyuranya n’amategeko

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?