• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Jean Pierre Bemba yashijwe kubiba amacakubiri muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Jean Pierre Bemba yashijwe kubiba amacakubiri muri RDC.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Jean Pierre Bemba yashijwe kubiba amacakubiri muri RDC.

You might also like

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Sosiyete sivili yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo irarega minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ubwikorezi n’itumanaho, Jean Pierre Bemba Gombo, kurema amacakubiri n’inzangano hagati y’Abanye-kongo bavuga ururimi rw’Ilingala n’abavuga ururimi rw’ Igiswahili.

Ahagana tariki ya 01/04/2025, ni bwo itsinda ry’impuguke ry’imiryango itegamiye kuri Leta riyobowe na Dieudonne Mushagalusa ryiyambaje umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’iremezo kugira ngo akurikirane icyo risobanura kubyo rishinja Jean Pierre Bemba kumvugo zibiba urwango akomeje gukwirakwiza, binyuze mu nama akoresha zigamije gukangurira urubyiruko kujya mu gisirikare.

Umuhuza bikorwa w’iyi miryango itegamiye kuri Leta, yatangaje ko amagambo ya Jean Pierre Bemba abangamiye cyane ubumwe bw’igihugu no kubana neza.

Yagize ati: “Twakurikiranye amagambo ashobora gufatwa nko guteza amakimbirane hagati ya Bangala n’abandi bose. Jean Pierre Bemba yiha uburenganzira butari ubwe bwo guha ubwenegihugu, cyane cyane ubwenegihugu bw’u Rwanda uwo ashatse kandi akambura ubwenegihugu bwa Congo uwo atekereza ko atujuje ibyo asaba cyangwa uwo atekereza ko ashobora kwambura ubwenegihugu bwe.”

Uyu muyobozi ukuriye imiryango itegamiye kuri Leta yakomeje agaragaza ko disikuru zibiba amacakubiri, inzangano ndetse no kwanga abanyamahanga ntabwo zamaganwa gusa n’itegeko nshinga ry’iki gihugu ahubwo binanyuranya n’icyifuzo cyo kubana neza gishyingikiwe n’umuryango w’Abibumbye.

Nyuma y’ibi ibiro bya minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ubwikorezi n’itumanaho byijeje kuzagira icyo bizatangaza kuri ibi birego vuba. Ariko kugeza ubu ntacyo birabivugaho.

Tags: AbaswahiliAmacakubiriRdc
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri Thomas Lubanga washinze umutwe ugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ibyo wa menya kuri Thomas Lubanga washinze umutwe ugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?