Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Jean Pierre Bemba yashijwe kubiba amacakubiri muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Jean Pierre Bemba yashijwe kubiba amacakubiri muri RDC.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Jean Pierre Bemba yashijwe kubiba amacakubiri muri RDC.

You might also like

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Sosiyete sivili yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo irarega minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ubwikorezi n’itumanaho, Jean Pierre Bemba Gombo, kurema amacakubiri n’inzangano hagati y’Abanye-kongo bavuga ururimi rw’Ilingala n’abavuga ururimi rw’ Igiswahili.

Ahagana tariki ya 01/04/2025, ni bwo itsinda ry’impuguke ry’imiryango itegamiye kuri Leta riyobowe na Dieudonne Mushagalusa ryiyambaje umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’iremezo kugira ngo akurikirane icyo risobanura kubyo rishinja Jean Pierre Bemba kumvugo zibiba urwango akomeje gukwirakwiza, binyuze mu nama akoresha zigamije gukangurira urubyiruko kujya mu gisirikare.

Umuhuza bikorwa w’iyi miryango itegamiye kuri Leta, yatangaje ko amagambo ya Jean Pierre Bemba abangamiye cyane ubumwe bw’igihugu no kubana neza.

Yagize ati: “Twakurikiranye amagambo ashobora gufatwa nko guteza amakimbirane hagati ya Bangala n’abandi bose. Jean Pierre Bemba yiha uburenganzira butari ubwe bwo guha ubwenegihugu, cyane cyane ubwenegihugu bw’u Rwanda uwo ashatse kandi akambura ubwenegihugu bwa Congo uwo atekereza ko atujuje ibyo asaba cyangwa uwo atekereza ko ashobora kwambura ubwenegihugu bwe.”

Uyu muyobozi ukuriye imiryango itegamiye kuri Leta yakomeje agaragaza ko disikuru zibiba amacakubiri, inzangano ndetse no kwanga abanyamahanga ntabwo zamaganwa gusa n’itegeko nshinga ry’iki gihugu ahubwo binanyuranya n’icyifuzo cyo kubana neza gishyingikiwe n’umuryango w’Abibumbye.

Nyuma y’ibi ibiro bya minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ubwikorezi n’itumanaho byijeje kuzagira icyo bizatangaza kuri ibi birego vuba. Ariko kugeza ubu ntacyo birabivugaho.

Tags: AbaswahiliAmacakubiriRdc
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza. Umunyabanga mukuru w'umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'igifaransa(OIF), Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afrika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n'abo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri Thomas Lubanga washinze umutwe ugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ibyo wa menya kuri Thomas Lubanga washinze umutwe ugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?