• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

minebwenews by minebwenews
March 31, 2024
in Regional Politics
1
Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yifurije isabukuru nziza abayobozi b’ishyaka rya PPRD n’abarwanashyaka baryo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu butumwa Joseph Kabila yatanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga, ni mugihe uyu munsi ishyaka rya PPRD ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

Mu butumwa bwa Joseph Kabila Kabange yatanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga bugira buti: “Imyaka 22 irashize PPRD ibayeho. Mboneyeho n’umwanya wo kwifuriza abayobozi bagize iri shyaka isabukuru nziza, ndetse n’abarwanashyaka baryo.”

Ishyaka rya PPRD ryashizwe kuya 31/03/2002. Bikaba byaravuye mu gitekerezo cya Joseph Kabila Kabange wari umaze kugera ku butegetsi nyuma y’urupfu rwa Laurent Désire Kabila wari wishwe tariki ya 16/01/2001.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga Joseph Kabila Kabange yagize igitekerezo cyo gushinga iri shyaka mu gihe Abanyekongo bari mu gihe cy’ibiganiro byi Sun City, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Ibyo biganiro bikaba byarimo by’u baka Congo n’ihagati y’imitwe yarwanyaga ubutegetsi harimo n’umutwe wa RCD Goma.

Joseph Kabila Kabange yifurije isabukuru nziza abayobozi b’ishyaka rya PPRD, mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwa mushinjaga guhunga igihugu, bavuga ko yahunze igihugu ngo kuko ari inyuma y’intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo abayobozi ba PPRD bamaganiye kure hubwo bavuga ko Kabila ari mu bikorwa bijanye n’amashuri ari gukurikirana mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

           MCN
Tags: Abarwana ShyakaIsabukuru nzizaJoseph Kabila KabangePPRD
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

Comments 1

  1. Rumenge Bosco says:
    1 year ago

    Nkunda amakuru mutugezaho yizewe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?