Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 31, 2024
in Regional Politics
1
Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yifurije isabukuru nziza abayobozi b’ishyaka rya PPRD n’abarwanashyaka baryo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni mu butumwa Joseph Kabila yatanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga, ni mugihe uyu munsi ishyaka rya PPRD ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

Mu butumwa bwa Joseph Kabila Kabange yatanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga bugira buti: “Imyaka 22 irashize PPRD ibayeho. Mboneyeho n’umwanya wo kwifuriza abayobozi bagize iri shyaka isabukuru nziza, ndetse n’abarwanashyaka baryo.”

Ishyaka rya PPRD ryashizwe kuya 31/03/2002. Bikaba byaravuye mu gitekerezo cya Joseph Kabila Kabange wari umaze kugera ku butegetsi nyuma y’urupfu rwa Laurent Désire Kabila wari wishwe tariki ya 16/01/2001.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga Joseph Kabila Kabange yagize igitekerezo cyo gushinga iri shyaka mu gihe Abanyekongo bari mu gihe cy’ibiganiro byi Sun City, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Ibyo biganiro bikaba byarimo by’u baka Congo n’ihagati y’imitwe yarwanyaga ubutegetsi harimo n’umutwe wa RCD Goma.

Joseph Kabila Kabange yifurije isabukuru nziza abayobozi b’ishyaka rya PPRD, mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwa mushinjaga guhunga igihugu, bavuga ko yahunze igihugu ngo kuko ari inyuma y’intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo abayobozi ba PPRD bamaganiye kure hubwo bavuga ko Kabila ari mu bikorwa bijanye n’amashuri ari gukurikirana mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

           MCN
Tags: Abarwana ShyakaIsabukuru nzizaJoseph Kabila KabangePPRD
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

Comments 1

  1. Rumenge Bosco says:
    1 year ago

    Nkunda amakuru mutugezaho yizewe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?