• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in Regional Politics
0
Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

You might also like

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, asimburwa na Felix Tshisekedi uyoboye iki gihugu, yagiriye uruzinduko i Bukavu muri gahunda yo gukoresha ibiganiro bisa nk’ibyo yagiye akorera i Goma mu minsi mike ishize.

Joseph Kabila yayoboye RDC kuva mu mwaka wa 2001 kugeza mu 2019. Mu kwezi kwa kane mu mpera zako, ni bwo yageze i Goma nyuma y’aho aviriye mu buhungiro ubwo yagezemo mu mwaka wa 2023.

Ageze i Goma yakiriwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 kuko ni bwo bugenzura iki gice kuva mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, nyuma yo kucirukanamo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo.

Nyuma y’uko Kabila ageze i Goma, yahise atangira gukoresha ibiganiro. Ni ibiganiro yagiye agirana n’Abanye-kongo bo mu matsinda atandukanye, arimo abanyamadini, abanyapolitiki, sosiyete sivili n’izindi nzego zikora mu mirimo inyuranye.

Muri ubwo buryo nicyo cyatumye kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025, yerekeza i Bukavu, aho ateganya kuganira n’Abanye-kongo bahari ibiganiro by’amahoro.

Mbere yuko Joseph Kabila asubira muri RDC, yatangaje ko ibiganiro azagirana n’abaturage b’iki gihugu ko bizaba byubakiye ku bintu icumi nabibiri(12), asobanura ko bizafasha iki gihugu kubona amahoro arambye.

Birimo ubwiyunge hagati y’Abanye-kongo, guhagarika intambara, umubano mwiza hagati ya RDC n’ibihugu by’abaturanyi, gusenya imitwe yitwaje intwaro ndetse no guhagarika ubutegetsi bw’igitugu.

Kimwecyo, u butegetsi bw’i Kinshasa bushinja Kabila gukora ibikorwa bigamije kwenyegeza intambara. Iyi Leta yanabyuririyeho itangira kumukurikiranaho ibyaha birimo ubugambanyi no gufatanya n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi.

Tags: BukavuibiganiroKabila
Share36Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

U Burundi bwongeye kuvuga iby'umubano warwo n'u Rwanda burutega n'iminsi. Reverien Ndikuriyo, umunyamabanga mukuru w'i shyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD-FDD, yatangaje ko u Burundi butazabana...

Read moreDetails

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa. Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura,...

Read moreDetails

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails
Next Post
Hasobanuwe icyatumye ingabo z’u Burundi zikubita bamwe mu baturage b’i Ndondo zikabahindura intera.

Hasobanuwe icyatumye ingabo z'u Burundi zikubita bamwe mu baturage b'i Ndondo zikabahindura intera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?