• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

minebwenews by minebwenews
June 16, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 15/06/2025, padiri Butoti Paul yasomye Misa bimuviramo guhagarikwa n’inzego zishinzwe umutekano i Burundi.

Bivugwa ko Butoyi asanzwe atuye muri komine Muhuta mu ntara ya Rumonge ari naho ekeleziya gatolika yasomeyemo misa iherereye.

Misa yasomeye abemera Imana, amakuru avuga ko ahanini yahamagariraga Abakristo gukomeza ubumwe no kwirinda ibibatanya.

Yagize ati: “Ibicanishamo Abarundi byose, ingaruka zabyo, ni umunuko nk’umwanda. Abana b’Imana bakwiye kubyamaganira kure.”

Yakomeje ati: “Twabonye itotezwa ry’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi, iterabwoba ryakoreshejwe mu duce tumwe na tumwe, hamwe n’irondabwoko ryagaragaye ku rwego rwo hasi no hejuru hagati mu bayobozi.”

Ni mu gihe idini katoliki mu Burundi ryanenze cyane ibikorwa by’imbonerakure ibyo bavuga ko zagaragaje uguhohotera gukabije kubatavuga rumwe n’ishyaka riri kubutegetsi rya CNDD-FDD. Banakanguriye Leta gushyiraho uburyo bwo gukosora ibitagenda neza kugira ngo Abarundi bose bumve ko barinzwe kandi batekanye.

Kimwecyo, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yatangaje ko amatora yagenze neza, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa gatandatu tariki ya 14/06/2025, ubwo yari i Gitega.

Yagize ati: “Amatora yagenze neza, kandi abaturage barayitabiriye.”

Si Ndayishimiye wenyine watangaje ko amatora yagenze neza, kuko na komisiyo ishinzwe amatora izwi nka CENI yavuze ko amatora yabaye mu mwuka mwiza, nubwo ku rundi ruhande bivugwa ko yabayemo uburiganya bukabije, aho abakorera mu kwaha k’u butegetsi buriho baherekezaga abaja gutora mu kumba k’itora, hakaba nubwo abari ku mirongo basanga bamaze kubatorera ku masite amwe namwe.

Hagataho, ubutumwa bwa padiri Butoti Paul yatangiye muri misa, bwaje gukwikwizwa ku mbugankoranyambaga butanzwe n’imbonerakure, nk’uko aya makuru akomeza abivuga bukaza gutuma buhindurwa icyaha ari nacyo kikimufunze kugeza magingo aya.

Tags: BujumburaPadiri Butoyi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?