• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

minebwenews by minebwenews
June 16, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 15/06/2025, padiri Butoti Paul yasomye Misa bimuviramo guhagarikwa n’inzego zishinzwe umutekano i Burundi.

Bivugwa ko Butoyi asanzwe atuye muri komine Muhuta mu ntara ya Rumonge ari naho ekeleziya gatolika yasomeyemo misa iherereye.

Misa yasomeye abemera Imana, amakuru avuga ko ahanini yahamagariraga Abakristo gukomeza ubumwe no kwirinda ibibatanya.

Yagize ati: “Ibicanishamo Abarundi byose, ingaruka zabyo, ni umunuko nk’umwanda. Abana b’Imana bakwiye kubyamaganira kure.”

Yakomeje ati: “Twabonye itotezwa ry’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi, iterabwoba ryakoreshejwe mu duce tumwe na tumwe, hamwe n’irondabwoko ryagaragaye ku rwego rwo hasi no hejuru hagati mu bayobozi.”

Ni mu gihe idini katoliki mu Burundi ryanenze cyane ibikorwa by’imbonerakure ibyo bavuga ko zagaragaje uguhohotera gukabije kubatavuga rumwe n’ishyaka riri kubutegetsi rya CNDD-FDD. Banakanguriye Leta gushyiraho uburyo bwo gukosora ibitagenda neza kugira ngo Abarundi bose bumve ko barinzwe kandi batekanye.

Kimwecyo, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yatangaje ko amatora yagenze neza, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa gatandatu tariki ya 14/06/2025, ubwo yari i Gitega.

Yagize ati: “Amatora yagenze neza, kandi abaturage barayitabiriye.”

Si Ndayishimiye wenyine watangaje ko amatora yagenze neza, kuko na komisiyo ishinzwe amatora izwi nka CENI yavuze ko amatora yabaye mu mwuka mwiza, nubwo ku rundi ruhande bivugwa ko yabayemo uburiganya bukabije, aho abakorera mu kwaha k’u butegetsi buriho baherekezaga abaja gutora mu kumba k’itora, hakaba nubwo abari ku mirongo basanga bamaze kubatorera ku masite amwe namwe.

Hagataho, ubutumwa bwa padiri Butoti Paul yatangiye muri misa, bwaje gukwikwizwa ku mbugankoranyambaga butanzwe n’imbonerakure, nk’uko aya makuru akomeza abivuga bukaza gutuma buhindurwa icyaha ari nacyo kikimufunze kugeza magingo aya.

Tags: BujumburaPadiri Butoyi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?