• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

minebwenews by minebwenews
June 16, 2025
in World News
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Igitero cya gisirikare gikaze Israel iheruka ku gaba muri Iran kikagwamo abayobozi ba gisirikare ba Iran ngo cyari kwicirwamo n’umuyobozi wayo wo hejuru, Ayatollah Ali, ariko perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump abuza Israel yarigiye kubikora kuko yarimundorerwamo z’imbunda zayo.

Iki gitero igisirikare cya Israel (IDF) cyagabye muri Iran kigahitana abasirikare icyenda (9) bayo barimo n’umugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu zirwanira mu kirere cyakozwe mu ijoro ryo ku wa gatanu w’icyumweru gishize.

Amakuru yatanzwe n’Abanyamerika avuga ko Israel iba yaracicyiyemo na Ayatollah Ali Khamenei, ngo kuko na we bari bamufite mu ndorerwamo z’imbunda zabo.

Icyatumye itamwica, ngo ni uko minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasabye perezida Donald Trump uburenganzira, akabimubuza.

Mu busesenguzi bwakozwe, Israel irusha imbaraga Iran mu buryo bwose. Icyongeyeho ihigira kumara ubutegetsi bwayo burundu kuko ibufata nk’umwanzi wayo wo hejuru.

Aya makuru akomeza avuga ko misile zose Iran irasa kuri Israel zigira ibyo zisenya ariko ntacyo zahindura kuriyo, ngo kandi mu gihe yoramuka inakoresheje ibisasu byayo bya kirimbuzi yokoresha ibyo Iran itarabasha kugeraho.

Rero, mu gihe Iran itobasha gucisha make ishobora gusenywa burundu.

Ibisasu Iran yarashe ku cyumweru bimwe byaguye ku butaka ibindi bizimirizwa mu kirere.

Ndetse amakuru avuga ko hari misile ya Iran yaguye mugace ka Haifa igasenya n’icyambu kikabamo.

Ku manywa nyine yahar’ejo indege zose za drones Iran yohereje igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyazifatiye mu kirere.

Ahagana mu masaha y’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere, Iran yongeye kubarasaho mu mujyi wa Tel Aviv, Haifa na Ashklon. Ariko amakuru yizewe agaragaza ko ubwirinzi bwa Israel bwabishwanyaguje.

Nyamara, Iran imaze guhitana abantu 14 muri Israel mu bitero byibasiye inyubako zituwemo, n’ibindi bikorwa remezo. Ibisasu byo ku wa gatandatu byarashe ku ruganda ruyungurura petrol muri Israel, ku nzu z’ubushakashatsi n’ahandi.

Israel na yo yakomeje kugaba ibitero ku manywa ku mujyi wa Tehran n’ahandi hantu hatandukanye. Igisasu cyaguye kuri minisiteri y’ubutabera ya Iran.

Hagabwe igitero kandi ku kibuga cy’indege cya Mashhad mu Burasizuba bwa Iran , aho Israel ivuga ko yatwitse indege igemura petrol.

Iran ivuga ko Israel izahanwa cyane nikomeza kurasa ku butaka bwayo.

Trump yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burusiya, kuri iyi ntambara ya Israel na Iran. Hagati yabo bombi babuzanya kuyigiramo uruhare.

Iran ivuga ko ibitero bya Israel bimaze guhitana abantu bagera kuri 224 abandi 900 barakomereka. Muri Israel ingaruka ku buzima bw’abantu zigabanywa no kuba hari inzogera zivuga hakimara kumenyekana ko habaye igitero, abantu bakihindira mu bwihisho akenshi buri munsi y’ubutaka.

Israel yaburiye abaturage ba Tehran kwitwaza ibikorwa bya gisirikare kuko izayirasaho. Iran yasabye abaturage kujya bahungira mu misigiti.

Tags: AmabangaAmerikaIsrael
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.

Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?