• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kubaka ibiro bya district ya polisi mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo byamaze gutangira.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Kubaka ibiro  bya district ya polisi mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo byamaze gutangira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibikorwa byo ku baka district ya polisi mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bya maze gutangira.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni bikorwa bya hawe igihe cy’amezi atatu bikaba byarangiye, nk’uko bigaragara ku gishushanyo mbonera cy’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye ( MONUSCO), bashize hanze kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/04/2024.

Kinerekana ko ingabo za Monusco arizo zateye inkunga yo kubaka iriya biro y’igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (PNC) mu Minembwe.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo n’ibwo Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zageze mu Minembwe kugira ngo zitangire ibyo bikorwa, aho bagaragaje ko iki gikorwa kizarangira mu kwezi kwa Gatanu.

District ya polisi mu misozi miremire y’Imulenge ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, iyobowe na Colonel Jean Aime, ikaba isanzwe ifite Ciate zigera kuri zitatu, iya Milimba, Bibogobogo na Bijombo.

Umuhango wo gufungura ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka iyi biro y’igipolisi mu Minembwe, wari wi tabiriwe n’abasirikare, aba Chefs bayoboye amavillage, ndetse na Gadi Mukiza Nzabinesha uyoboye Komine ya Minembwe.

        MCN.
Tags: Ibiro bya district ya polisi mu misozi miremire y'ImulengeMinembweMonusco
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi zirimo n’Abanyekongo, zahungiye mu gihugu cy’u Burundi, zikomeje kuburabuzwa na leta y’icyo gihugu.

Impunzi zirimo n'Abanyekongo, zahungiye mu gihugu cy'u Burundi, zikomeje kuburabuzwa na leta y'icyo gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?