Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yahawe uburinzi bukaze, i Kinshasa.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni kuri uyu wa Mbere, aba polisi bashizwe imbere ya Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kugira ngo bahagarike abigaragambyaga imbere y’iyi ambasade. Imiryango myinshi itegamiye kuri leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, iri mu bashigikiye kwa magana guceceka kwa mahanga nogufatanya kw’i bihugu bimwe na bimwe byo mu Burengerazuba mu bwicanyi bo bavuga ko bukorerwa abanyekongo mu Burasirazuba bwa RDC. Abakora iyo myigaragabyo bavuga ko ubwo bwicanyi bukorwa na M23, ibyo uwo mutwe nawo ushinja ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Iy’i myigaragabyo yatangiye gukorwa mu i Cyumweru gishize, aho batwikiye amapini mu mihanda, batwika imodoka za MONUSCO, ba bikoraga mu rwego rwo kwa magana ibyo bita ‘uguceceka kwa mahanga ngo mugihe ubwicanyi bukorerwa abanyekongo.’

Uy’u munsi ho bya vuzwe ko amashuri ahanini ya za ambasade aherereye ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bafunze imiryango, maze abaturage baturiye uwo Mujyi bahamagarirwa kwa magana imiryango mpuzamahanga, ku kutagira icyo bakora. Ikindi aba, banyekongo bashinja Monusco kutagaragaza umusaruro munshingano zabo zo kugarura amahoro muri RDC.

Icyemezo cyo kurinda ambasade ya Amerika cyafashwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nyuma yaho ibihugu bivuga rikijana byari byo keje igitutu ubwo butegetsi, kubera Monusco yari yibasiriwe cyane mu myigaragabyo y’ubushize mu Cyumweru dusoje.

Bruce Bahanda.

Tags: AmbasadeAmerikaKinshasaUburinzi bukaze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

Batayo y'ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?