• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yahawe uburinzi bukaze, i Kinshasa.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Ni kuri uyu wa Mbere, aba polisi bashizwe imbere ya Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kugira ngo bahagarike abigaragambyaga imbere y’iyi ambasade. Imiryango myinshi itegamiye kuri leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, iri mu bashigikiye kwa magana guceceka kwa mahanga nogufatanya kw’i bihugu bimwe na bimwe byo mu Burengerazuba mu bwicanyi bo bavuga ko bukorerwa abanyekongo mu Burasirazuba bwa RDC. Abakora iyo myigaragabyo bavuga ko ubwo bwicanyi bukorwa na M23, ibyo uwo mutwe nawo ushinja ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Iy’i myigaragabyo yatangiye gukorwa mu i Cyumweru gishize, aho batwikiye amapini mu mihanda, batwika imodoka za MONUSCO, ba bikoraga mu rwego rwo kwa magana ibyo bita ‘uguceceka kwa mahanga ngo mugihe ubwicanyi bukorerwa abanyekongo.’

Uy’u munsi ho bya vuzwe ko amashuri ahanini ya za ambasade aherereye ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bafunze imiryango, maze abaturage baturiye uwo Mujyi bahamagarirwa kwa magana imiryango mpuzamahanga, ku kutagira icyo bakora. Ikindi aba, banyekongo bashinja Monusco kutagaragaza umusaruro munshingano zabo zo kugarura amahoro muri RDC.

Icyemezo cyo kurinda ambasade ya Amerika cyafashwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nyuma yaho ibihugu bivuga rikijana byari byo keje igitutu ubwo butegetsi, kubera Monusco yari yibasiriwe cyane mu myigaragabyo y’ubushize mu Cyumweru dusoje.

Bruce Bahanda.

Tags: AmbasadeAmerikaKinshasaUburinzi bukaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

Batayo y'ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?