• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel, ryahamagariye andi guhaguruka agakuraho Guverinoma iriho muri iki gihugu, iyobowe na minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu, uwo bashinja kuganisha igihugu mu kagaga gakomeje.

Biri mu butumwa ishyaka rya Democrats Party risanzwe ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel, aho muri ubwo butumwa ryahamagariye andi mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, kwishyira hamwe bakareba uko bakuraho babukuraho.

Aya mashyaka ashinja leta ya Benjamin Netanyahu kuganisha igihugu mu manga kubera intambara iyihanganishije n’umutwe wa Hamas, akavuga ko kuva iy’i ntambara yakwaduka umwaka ushize, byasize igihugu mu mutekano muke, ubukungu burajegajega, politiki iradindira ndetse n’imibereho y’abaturage isubira inyuma.

Perezida w’ir’ishyaka rya Democrats Party, Yair Golan yagize ati: “Tuzakora uko dushoboye kose nk’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi kugeza igihe Guverinoma iri gusenya igihugu ivuyeho.”

Muri ubu butumwa kandi, Yair Laipid; undi muyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel, yavuze ko ntagushidikanya ko bazahuza umugambi kugeza Guverinoma iriho ivuyeho.

Kuva intambara hagati ya Israel n’abarwanyi ba Hamas itangiye muri Gaza, abanyapalestine barenga ibihumbi 40 biganjemo abagore n’abana bamaze kuhasiga ubuzima, mu gihe abarenga ibihumbi 93 bakomeretse, abandi benshi baba impunzi.

         MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuGukuraho guverinema yeIsrael
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw'abantu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?