• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Leta y’i Kigali yanenze Amerika yafatiye ibihano Kabarebe.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2025
in World News
0
Leta y’i Kigali yanenze Amerika yafatiye ibihano Kabarebe.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’i Kigali yanenze Amerika yafatiye ibihano Kabarebe.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Guverinoma y’i Kigali ibinyujije mu muvugizi wayo Yolande Makolo yanenze Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kubihano yafatiye umunyamabanga wayo ushinzwe ubutwererane bw’akarere muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, James Kabarebe, igaragaza ko ntashingiro bifite.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Amerika yasohoye itangazo rivuga ko yafatiye ibihano Kabarebe imushinja kuba ikiraro gihuza umutwe wa M23 n’u Rwanda.

Ni ibihano kandi iki gihugu cy’Amerika cyafatiye umuvugizi w’u mutwe wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka.

Ubwo umuvugizi w’u Rwanda, Yolande Makolo yabigagarutseho, yagaragaje ko ntashingiro bifite kandi ko bitumvikana.

Yagize ati: “Ibihano nta shingiro bifite, umuryango mpuzamahanga ukwiye gushyigikira imbaraga akarere kari gushyira mu buryo bugamije kugera ku gisubizo cya politiki, aho kuzica intege.”

Yakomeje avuga ko ibihano bidashobora kuba umuti w’ikibazo kimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ati: “Iyo ibihano biza kuba byarakemuye ikibazo kiri mu Burasirazuba bwa RDC, mu karere twari kuba twarabanye amahoro mu myaka ishize.”

Ubundi kandi u Rwanda rwari rugize iminsi rugaragaza ko ntaho ruhuriye n’umutwe wa M23, kuko abawugizi ari abaturage ba bo muri Congo, biyemeje kurwanya ihohoterwa rikorerwa bamwe mu baturage bo muri iki gihugu cya RDC, cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi.

Rugaragaza ko amahanga yakomeje kwirengangiza ko akarengane aba baturage bamaze igihe bakorerwa n’ubutegetsi bw’i Kinshasa ari ko mpamvu y’iyi ntambara n’amakimbirane amaze igihe mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ikindi kandi nuko iyi Guverinoma y’i Kigali yakunze kugaragara ko ikiyiraje inshinga ari umutekano w’igihugu cyabo, kandi ko itazareka gukumira icyari cyo cyose cyabahungabanyiriza umutekano. Bikaba bizwi ko leta ya Kinshasa yagiranye ubusabane budasanzwe n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Tags: IbihanoRdcRwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yemeje urupfu rw’intwari y’Abanyamulenge igaragaza naho umwanzi yaturutse.

Twirwaneho yemeje urupfu rw'intwari y'Abanyamulenge igaragaza naho umwanzi yaturutse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?