• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yafashe ingingo zikarishye ku banyamahanga baturiye icyo gihugu c’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko leta ya Evariste Ndayishimiye, ifunze imipaka yose ihuza igihugu c’u Burundi n’u Rwanda, minisiteri ishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu c’u Burundi, yatangaje ko mu gihugu hagiye gusuzumwa Abanyamahanga batuye muricyo gihugu badakurikije amategeko bafatirwe imyanzuro mishya basubizwe iyo baje bava.

You might also like

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Nk’uko bya vuzwe ibyo byatangajwe na Minisitiri Maritino Niteretse, ushinzwe umutekano n’iterambere mu gihugu, ni mukiganiro yagiranye n’abaturage baturiye i Ntara ya Kayanza, kuri uyu wa 11/01/2024.

Minisitiri yagize ati: “N’u murundi ategerezwa gusuzumwa hakarebwa ibimuranga, hakamenywa impamvu umuntu yava mu Ntara asanzwe abamwo akaja muyindi.Ntushobora kuva mu Cibitoke ukaja mu Ntara kanaka, ukavayo ukaja mu yindi ntumenyeshe impamvu ujayo.”

Minisitiri Niteretse Maritino, yakomeje avuga ko abanyamahanga baba mu Burundi bagomba kumenyekana ko kandi ibyabo bigomba kuza bimenyekana umunsi kumunsi.

Ati:”Abanyamahanga ba ba mu gihugu imbere bakwiye kumenyekana ibyo bikwiye kuza bitangwa kubashinzwe umutekano umunsi kumunsi.”

Mu ijoro ryakeye leta y’u Rwanda, yasohoye itangazo imenyesha ko icyemezo u Burundi bwa fashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi itanejeje ko kandi ibangamiye ibikorwa by’u bucuruzi.

Leta y’u Burundi, yafashe iyo myanzuro mugihe Perezida Evariste Ndayishimiye, aheruka gutangaza ko i Gihugu c’u Rwanda gicumbikiye Red Tabara ko kandi gifasha uwo mutwe, urwanya ubutegetsi bw’i Gihugu cye.

Bruce Bahanda.

Tags: K'u banyamahanga baturiye icyo gihuguLeta y'u Burundi yafashe ingingo zikarishye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Mu rwego rwo gushimangira inzira y’ibiganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails
Next Post

Abarimo n'Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?