• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yafashe ingingo zikarishye ku banyamahanga baturiye icyo gihugu c’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko leta ya Evariste Ndayishimiye, ifunze imipaka yose ihuza igihugu c’u Burundi n’u Rwanda, minisiteri ishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu c’u Burundi, yatangaje ko mu gihugu hagiye gusuzumwa Abanyamahanga batuye muricyo gihugu badakurikije amategeko bafatirwe imyanzuro mishya basubizwe iyo baje bava.

You might also like

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Nk’uko bya vuzwe ibyo byatangajwe na Minisitiri Maritino Niteretse, ushinzwe umutekano n’iterambere mu gihugu, ni mukiganiro yagiranye n’abaturage baturiye i Ntara ya Kayanza, kuri uyu wa 11/01/2024.

Minisitiri yagize ati: “N’u murundi ategerezwa gusuzumwa hakarebwa ibimuranga, hakamenywa impamvu umuntu yava mu Ntara asanzwe abamwo akaja muyindi.Ntushobora kuva mu Cibitoke ukaja mu Ntara kanaka, ukavayo ukaja mu yindi ntumenyeshe impamvu ujayo.”

Minisitiri Niteretse Maritino, yakomeje avuga ko abanyamahanga baba mu Burundi bagomba kumenyekana ko kandi ibyabo bigomba kuza bimenyekana umunsi kumunsi.

Ati:”Abanyamahanga ba ba mu gihugu imbere bakwiye kumenyekana ibyo bikwiye kuza bitangwa kubashinzwe umutekano umunsi kumunsi.”

Mu ijoro ryakeye leta y’u Rwanda, yasohoye itangazo imenyesha ko icyemezo u Burundi bwa fashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi itanejeje ko kandi ibangamiye ibikorwa by’u bucuruzi.

Leta y’u Burundi, yafashe iyo myanzuro mugihe Perezida Evariste Ndayishimiye, aheruka gutangaza ko i Gihugu c’u Rwanda gicumbikiye Red Tabara ko kandi gifasha uwo mutwe, urwanya ubutegetsi bw’i Gihugu cye.

Bruce Bahanda.

Tags: K'u banyamahanga baturiye icyo gihuguLeta y'u Burundi yafashe ingingo zikarishye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails
Next Post

Abarimo n'Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?