• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yongeye gufunga abasirikare babo ba barirwa mu magana, bazira kwanga kurwanya M23.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Burundi yafunze abasirikare bayo ba barirwa muri magana abiri arenga, bazira kwa nga kwinjira mu ntambara yo kurwanya M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni bimaze iminsi irenga ibiri iki kibazo cyo gufunga abasirikare b’u Burundi cyo ngeye ku vugwa, nk’uko ibinyamakuru byo muri icyo gihugu bivuga.

Urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ukunze gutabariza abarundi bari mu kaga, aheruka gutangaza ko abasirikare b’u Burundi barenga magana abiri (200) ko bafungiwe muri gereza zitandukanya zo mu gihugu cy’u Burundi. Zimwe muri gereza yabashe kuvuga harimo gereza nkuru ya Ngozi, Rumonge, mu Ruyigi n’i Bururi.

Yavuze ko bamwe muri abo basirikare, bafungiwe i Bururi na Rumonge ko ndetse baheruka kwitaba urukiko rwa gisirikare m’urwego rwo kugira ngo urwo rukiko rumenye niba bakomeza gufungwa cyangwa bakagirwa abere.

Akomeza kuvuga ko kugeza ubu atarabashaka kumenya icyemezo cy’u rukiko, ariko ko abo basirikare bagifunzwe.

Leta y’u Burundi yatangiye kohereza abasirikare b’igihugu cyabo mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda, umwaka ushize w’2023, kuja gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23.

Bivugwa ko mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC ko habarizwa Batayo icyenda z’icyo gihugu Cy’u Burundi, gusa hari bamwe muri abo basirikare b’u Burundi ba barizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahanini mu misozi miremire y’Imulenge, ku Ndondo ya Bijombo, Minembwe na Rurambo.

Ni inshuro zirenga imwe ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 berekanye abasirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba ibyo bita gufata “matekwa cyangwa mpiri,” ndetse bikemezwa n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka ko muri uru rugamba hamaze gupfiramo abasirikare b’u Burundi benshi. Harandi makuru avuga ko u Burundi bumaze gutakariza abasirikare ba bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ba barirwa mu gihumbi n’amagana abiri.

Ibyo biri mu mpamvu bamwe mu basirikare b’u Burundi banga kuja m’urugamba leta yabo yemeye gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23, bityo abanze kuja kurwana bagafungwa.

Ibi bibaye ku nshuro ya gatatu hatangazwa ko ingabo z’u Burundi zinjijwe amagereza bazira kwanga ko herezwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

           MCN.
Tags: Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?