• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Rwanda, yababajwe ni icyemezo Guverinoma y’u Burundi, yafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 11, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika y’u Rwanda, yatangaje ko itanejejwe n’i cyemezo leta y’u Burundi, yafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi.

You might also like

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Ni kuri uyu wa Kane, itariki ya 11/01/2024, ubutegetsi bw’u Burundi bwa funze imika yose ihuza igihugu cyabo n’igihugu cy’i gituranyi cy’u Rwanda. Amakuru yizewe avuga ko iriya mipaka yafunzwe ahagana isaha umunani zo kugicamunsi zirengaho iminota mike.

Ibi, u Bururndi bwa bikoze mu gihe perezida Evariste Ndayishimiye, yari aheruka gutangaza ko leta ya Kigali, ifasha kandi igacumbikira abarwanyi bo mu mutwe wa Red Tabara, urwanya leta ye.

Mu itangazo leta ya Kigali yashize hanze ahagana Isaha z’u mugoroba, rivuga ko ifungwa ry’imipaka ya bimenyeye mu itangaza makuru, igasanga bihabanye namahame agize umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ibihugu byombi buhuriyemo.

Ir’i tangazo rigira riti: “Guverinoma y’u Rwanda yamenye amakuru yatangajwe mu itangaza makuru ko leta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yarwo n’u Rwanda.”

Rikomeza rivuga riti: “Iki cyemezo kibabaje, gikoma munkokora urujya n’uruza rw’ibicuruzwa hagati y’ibihugu byombi kandi bihabanye n’amahame ajyanye n’ubufatanye hagati y’abagize umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ibihugu byombi duhuriyemo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Leta y'u RwandaYababajwe ni icyemezo Guverinoma y'u Burundi yafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

U Burundi bwongeye kuvuga iby'umubano warwo n'u Rwanda burutega n'iminsi. Reverien Ndikuriyo, umunyamabanga mukuru w'i shyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD-FDD, yatangaje ko u Burundi butazabana...

Read moreDetails

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa. Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura,...

Read moreDetails

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails
Next Post
Habaye imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Habaye imirwano hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?