• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 3, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

minebwenews by minebwenews
February 25, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika zahamije ko zimaze igihe zarahagaritse ubufasha ziha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

You might also like

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

Ni byavuzwe na Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ubwo yari i Gomo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, tariki ya 23/02/2024

Ibi yabivuze ubwo yari afitanye ikiganiro na Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uyu ambasaderi Lacky Tamlyn yavuze ko nta bufasha ubwo ari bwo bwose Amerika igiha igisirikare cy’u Rwanda, avuga ko ibyo byahagaritswe mu minsi ishize ko kandi hagize igihe.

Ati: “Twa hagaritse ubufasha bwa gisirikare ku Rwanda. Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nta bufasha igiha igisirikare cy’u Rwanda, nti tukibaha imbunda cyangwa igikoresho icyaricyo cyose.”

Amakuru avuga ko ahagana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize, kwaribwo Amerika yagabanije ubufasha yahaga igisirikare cy’u Rwanda. Ibi byabaye nyuma y’uko igisirikare cy’u Rwanda cyashizwe kurutonde ruzwi nka CSPA, bivuze abakoresha abantu bakiri bato mugisirikare.

Iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cya shize u Rwanda kuri urwo rutonde ruruhora M23.

K’urundi ruhande igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bafite impungenge z’uko M23 yafata u Mujyi wa Goma, bityo biri mubyatunye Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba aja kuganiriza ambasaderi Lacky Tamlyn wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

                MCN.
Tags: Ambasaderi wa leta Z'unze Ubumwe z'AmerikaIgisirikare cya RDCNta bufasha baha igisirikare cy'u RwandaRDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru Abakuru b’Ibihugu na za...

Read moreDetails

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari umuvugizi w’igisirikare cy’ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga

RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga Minisitiri wa Leta ushinzwe Ubucuruzi n’Amahanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Julien Paluku Kahongya, yagaragaje impungenge zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya urugendo i Paris mu Bufaransa...

Read moreDetails
Next Post
Abarwana kuruhande rwa Kinshasa barimo Ingabo z’u Burundi, bambuwe kandi ibikoresho by’agisirikare byinshi.

Abarwana kuruhande rwa Kinshasa barimo Ingabo z'u Burundi, bambuwe kandi ibikoresho by'agisirikare byinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?