• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 iri kwagura ibirindiro byayo mu buryo budasanzwe muri Kivu y’Amajy’epfo

minebwenews by minebwenews
January 20, 2025
in Regional Politics
0
M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 iri kwagura ibirindiro byayo mu buryo budasanzwe muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Umutwe wa M23 wafashe umusozi ubaho ikibuga cy’indege cyo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’ibindi bice biherereye mu nkengero za Minova, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Umusozi ubaho ikibuga cy’indege cya Kalehe witwa Buragiza, M23 yawufashe igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 20/01/2025.

Ni umusozi w’ingenzi cyane, kuko ni wo indege ziturutse mu bice bitandukanye byo muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo zijya i Goma zikatiraho.

Ifatwa ry’uyu musozi rigaragaza ko kuba indege zijya Goma zakomeza byaterwa n’ubushake bwa M23, mu gihe itabishaka yazihagarika.

Uyu mutwe wa M23 wigaruriye uwo musozi nyuma y’uko wari wigaruriye Lumbishi, Bitonga, Numbi n’ahandi muri Kalehe.

Amakuru yizewe avuga ko mu masaha make ashize uyu mutwe warimo urwanira hafi na centre ya Minova ifatwa nk’umurwa mukuru wa teritwari ya Kalehe.

Kuri ubu amakuru agera kuri Minembwe.com ahamya ko M23 imaze kwigarurira imisozi ihanamiye uyu mujyi wa Minova, kuburyo isaha iyari yose ishobora kuwufata mu gihe yabishaka.

Ndetse kandi hari andi makuru yo ku ruhande avuga ko ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo ingabo z’u Burundi zicyunze uyu mujyi wa Minova zasabye amato kugira ngo ziwuhunge.

Kandi mu gihe uyu mujyi wa Minova wagiye mu maboko ya M23 , bisobanurwa ko inzira ihuza Goma na Bukavu yaba ifunzwe, nk’uko abazi ibyo bice babivuga.

Ibyo bibaye kandi mu gihe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe uduce twose twunamiye umujyi wa Sake, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: Kivu yamajy'EpfoM23Yaguye
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?