Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 iri kwagura ibirindiro byayo mu buryo budasanzwe muri Kivu y’Amajy’epfo

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2025
in Regional Politics
0
M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 iri kwagura ibirindiro byayo mu buryo budasanzwe muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Umutwe wa M23 wafashe umusozi ubaho ikibuga cy’indege cyo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’ibindi bice biherereye mu nkengero za Minova, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Umusozi ubaho ikibuga cy’indege cya Kalehe witwa Buragiza, M23 yawufashe igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 20/01/2025.

Ni umusozi w’ingenzi cyane, kuko ni wo indege ziturutse mu bice bitandukanye byo muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo zijya i Goma zikatiraho.

Ifatwa ry’uyu musozi rigaragaza ko kuba indege zijya Goma zakomeza byaterwa n’ubushake bwa M23, mu gihe itabishaka yazihagarika.

Uyu mutwe wa M23 wigaruriye uwo musozi nyuma y’uko wari wigaruriye Lumbishi, Bitonga, Numbi n’ahandi muri Kalehe.

Amakuru yizewe avuga ko mu masaha make ashize uyu mutwe warimo urwanira hafi na centre ya Minova ifatwa nk’umurwa mukuru wa teritwari ya Kalehe.

Kuri ubu amakuru agera kuri Minembwe.com ahamya ko M23 imaze kwigarurira imisozi ihanamiye uyu mujyi wa Minova, kuburyo isaha iyari yose ishobora kuwufata mu gihe yabishaka.

Ndetse kandi hari andi makuru yo ku ruhande avuga ko ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo ingabo z’u Burundi zicyunze uyu mujyi wa Minova zasabye amato kugira ngo ziwuhunge.

Kandi mu gihe uyu mujyi wa Minova wagiye mu maboko ya M23 , bisobanurwa ko inzira ihuza Goma na Bukavu yaba ifunzwe, nk’uko abazi ibyo bice babivuga.

Ibyo bibaye kandi mu gihe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe uduce twose twunamiye umujyi wa Sake, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: Kivu yamajy'EpfoM23Yaguye
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?