• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 3, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 irigamba gukorera umuti ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, no gufata ibindi bice byingenzi, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
1
M23 irigamba gukorera umuti ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, no gufata ibindi bice byingenzi, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yasubije inyuma ibitero by’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa byari byagabwe mu birindiro byabo, biherereye mu bice byo muri teritware ya Rutsuru na Masisi.

You might also like

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Ni ibitero byatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024, aho byagabwe ahari ibirindiro bya M23 n’ahatuwe n’abaturage muri Cheferie ya Bwito na Bwisha, teritware ya Rutsuru, ibindi bitero byagabwe Mweso, muri teritware ya Masisi.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, n’uko biriya bitero ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ba bigabye bakoresheje imbaraga z’u murengera, ni mugihe bakoresheje i bibunda biremereye mu kurasa ahari ibirindiro bya M23 ndetse n’ahatuwe n’abaturage benshi.

Ibi bitero M23 yabisubije inyuma byose. Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma yatanze ubutumwa bwanditse agira ati: “Ibitero by’i huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, bagabye mu birindiro byacu twa bisubije inyuma, kandi twabakubise kinyamwuga, ndetse twabambuye n’ibikoresho byinshi by’agisirikare harimo imbunda ziremereye.”

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa we yashinje ririya huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa kurasa ibisasu biremereye mu baturage baturiye ibice bya Bwito.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bubi, bateye ibirindiro byacu kandi barasa ibisasu mu baturage baturiye Cheferie ya Bwito na Bwisha. Hari abasivile bakomerekejwe n’ibisasu byatewe n’ibisasu byabo. Gusa M23 yabakoreye umuti twabatsinze.”

Nyuma yuko M23 isubije inyuma biriya bitero by’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, M23 yafashe agace k’ingenzi ka Gihondo, kari mu birometre bike na centre ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Iy’i mirwano yabaye none yongeye gutuma abaturage bava mu byabo, ibice bavuyemo bisahurwa n’ ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ibyo bita “pillage.”

          MCN.
Tags: Irigamba gukorera umuti ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru Abakuru b’Ibihugu na za...

Read moreDetails

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari umuvugizi w’igisirikare cy’ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi, yishwe arashwe n’igisirikare cya FARDC muri centre ya Komine Minembwe.

Umugabo wo mu bwoko bw'Abashi, yishwe arashwe n'igisirikare cya FARDC muri centre ya Komine Minembwe.

Comments 1

  1. Butoto says:
    2 years ago

    Ingabo za FARDC s’igishitsi kubo.Cyarabiziruye,kibiha umugisha.Kinabigira umuco.
    Kuribo zo rero kwiba ninkaho n’inzego zubutabere.zitabihana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?