Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 nyuma y’aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n’ibindi isezeranya gukora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 nyuma y’aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n’ibindi isezeranya gukora.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umutwe wa M23 ukomeje kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Congo, nyuma y’uko ufashe umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, wasabye ubutegetsi bwe kuyoboka inzira y’ibiganiro, mu gihe bwinangiye ukomeze imirwano kugeza ugeze i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa M23 washyize hanze aho iryo tangazo wagize uti: “M23 iramenyesha umuryango mpuzamahanga ko kubera ikibazo cy’umutekano muke, kwica abaturage no gusahura bikorwa na FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, wiyemeje gufasha abasivili. Kuva ku Cyumweru igisirikare cya cyacu kiri kugerageza kugarura umutekano w’abaturage n’ibyabo.”

Uyu mutwe muri iryo tangazo wakomeje ugira uti: “Turongera guhamagrira Leta ya Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro, ngo amahoro yongere agaruke mu gihugu cyacu.”

Nyamara nubwo uyu mutwe wa M23 ugaragaza ko ufite umuhate wo gukemura amakimbirane mu nzira y’ibiganiro, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwo buvuga ko butazigera bujya mu biganiro n’uyu mutwe wa M23 n’umunsi umwe. Ibisa nk’aho ubu butegetsi bw’izeye ibitazwi ko bizabutabara bikabukiza uyu mutwe ukomeje gutsinde bidasanzwe ingabo z’iki gihugu.

Ubuyobozi bw’uyu mutwe wa M23 buvuga ko mu gihe iyi Leta y’i Kinshasa izakomeza kwinangira mu gukemura iki kibazo mu nzira y’ibiganiro, bwo buzakomeza kurwana mpaka abarwanyi babwo bafashe i Kinshasa, kandi bakureho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Aho ndetse aba barwanyi bamaze kwigarurira bimwe mu bikorwa bikomeye birimo ko bafashe ibibuga by’indege bya Goma na Kavumu,ibigo bikomeye by’ingabo, imipaka ihuza RDC n’ibindi bihugu, inyubako za Leta , ndetse n’ibindi bikorwa remezo bihambaye.

Tags: BukavuibiganiroM23
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge b'impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?