• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 nyuma y’aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n’ibindi isezeranya gukora.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 nyuma y’aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n’ibindi isezeranya gukora.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Umutwe wa M23 ukomeje kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Congo, nyuma y’uko ufashe umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, wasabye ubutegetsi bwe kuyoboka inzira y’ibiganiro, mu gihe bwinangiye ukomeze imirwano kugeza ugeze i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa M23 washyize hanze aho iryo tangazo wagize uti: “M23 iramenyesha umuryango mpuzamahanga ko kubera ikibazo cy’umutekano muke, kwica abaturage no gusahura bikorwa na FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, wiyemeje gufasha abasivili. Kuva ku Cyumweru igisirikare cya cyacu kiri kugerageza kugarura umutekano w’abaturage n’ibyabo.”

Uyu mutwe muri iryo tangazo wakomeje ugira uti: “Turongera guhamagrira Leta ya Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro, ngo amahoro yongere agaruke mu gihugu cyacu.”

Nyamara nubwo uyu mutwe wa M23 ugaragaza ko ufite umuhate wo gukemura amakimbirane mu nzira y’ibiganiro, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwo buvuga ko butazigera bujya mu biganiro n’uyu mutwe wa M23 n’umunsi umwe. Ibisa nk’aho ubu butegetsi bw’izeye ibitazwi ko bizabutabara bikabukiza uyu mutwe ukomeje gutsinde bidasanzwe ingabo z’iki gihugu.

Ubuyobozi bw’uyu mutwe wa M23 buvuga ko mu gihe iyi Leta y’i Kinshasa izakomeza kwinangira mu gukemura iki kibazo mu nzira y’ibiganiro, bwo buzakomeza kurwana mpaka abarwanyi babwo bafashe i Kinshasa, kandi bakureho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Aho ndetse aba barwanyi bamaze kwigarurira bimwe mu bikorwa bikomeye birimo ko bafashe ibibuga by’indege bya Goma na Kavumu,ibigo bikomeye by’ingabo, imipaka ihuza RDC n’ibindi bihugu, inyubako za Leta , ndetse n’ibindi bikorwa remezo bihambaye.

Tags: BukavuibiganiroM23
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge b'impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?