• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2024
in Regional Politics
0
M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.
106
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa n’amasezerano yagahenge u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyiye i Luanda muri Angola, wiyemeza gusanga ihuriro ry’Ingabo za RDC mu birindiro ziturukamo ziwugabaho ibitero.

Ni byatangajwe n’umuvugizi w’uyu mutwe wa M23 mu byapolitiki, Lawrence Kanyuka; yagaragaje ko icyemezo cyo kwitandukanya nariya masezerano gishingiye ku kuba Leta ya Kinshasa ikomeje kwica amasezerano yakariya gahenge.

Impande zombi zimaze iminsi ziri mu mirwano mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe aheruka gutangaza ko muri uku kwezi kwa Cumi n’umwe, byibuze ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye kuri M23 ibitero 27.

Kanyuka mu itangazo yashyize hanze ahar’ejo, yavuzemo ko nka M23 bashima imbaraga abakuru b’ibihugu by’akarere ndetse n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga bakomeje gukoresha mu rwego rwo gukemura mu mahoro amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC.

M23 ivuga ko yemera ko agahenge u Rwanda na Congo Kinshasa byemeranyije ku buhuza bwa Angola ikabona nka kimwe mu bishobora gukemura amakimbirane, gusa ikavuga ko utarebwa na ko.

Uyu mutwe wunzemo ko agahenge wemera ndetse unakomeje kubahiriza ari ako ku wa 7/10/2023 wasinyiye ku giti cyayo i Luanda muri Angola.

M23 yiyemeje gutangiza guhiga FARDC n’abambari bayo mu birindiro byabo, mu gihe hashize ibyumweru bibiri bawugabaho ibitero bikomeye.

Ibi bitero byagabwe mu duce twa Kamandi ya 1, iya Kabiri, Kamatobe, Kiluvu ndetse na Ngekene two muri teritware ya Lubero; ndetse ibindi bitero byagabwe mutundi duce twa Musheberi, Gatobotobo, Kinigi, Kaniro, Bugeri, Katale, Kalembe, Ihula na Muheto two muri teritware ya Masisi.

Tags: AmasezeranoLuandaM23
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

Inama y'abakuru b'ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?