• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2024
in Regional Politics
0
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

You might also like

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) yarebeye hamwe icyashobora kugarura amahoro n’umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Iyi nama y’abakuru b’ibihugu yateranye ku wa gatandatu tariki ya 30/11/2024, ikaba yarateraniye i Arusha muri Tanzania.

Muri iyi nama abakuru b’ibihugu bemeje ko ibiganiro bya Luanda bigamije guhoshya umwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa, byahuzwa n’ibya Nairobi bigamije guhuza Guverinoma ya Kinshasa n’imitwe y’itwaje intwaro itavuga rumwe nayo.

Ndetse kandi, iyi nama inasaba ko haba inama ihuza EAC n’umuryango w’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ngo bigire hamwe ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni mu gihe umuryango wa SADC ufite ingabo zayo muri RDC kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023. Izirimo izavuye muri Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Hagati aho, ibi byemejwe mu gihe umutwe wa M23 w’itandukanyije n’amasezerano y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo. Utangaza ko wiyemeje gusanga ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Kinshasa mu birindiro ziturukamo ziwugabaho ibitero.

Uyu mutwe washimangiye ibi, uvuga ko utarebwa n’agahenge u Rwanda na RDC byasinyanye biyiha uburenganzira bwo kwirwanaho no kuburizamo igitero igisanze aho kizaturuka, mu rwego rwo kurinda abaturage.

M23 yaniyemeje kuja guhiga FARDC n’abambari bayo mu birindiro byabo, ni mu gihe hashize ibyumweru bibiri bawugabaho ibitero bikomeye.

Ni ibitero byagabwe mu duce two muri teritware ya Masisi na Lubero n’ahandi.

Tags: EACM23Rdc
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir MINEMBWE...

Read moreDetails

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que des informations largement relayées sur les réseaux sociaux...

Read moreDetails

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru yavugaga ko abaturage ba Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.

Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?