Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 5, 2025
in Regional Politics
0
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu kiganiro umutwe wa M23 binyuze muri Grigadier General Byamungu yakoranye n’abaturage baturiye isantire ya teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ahar’ejo tariki ya 04/1/2025 ni bwo General Byamungu yakoze iki kiganiro nyuma y’uko ingabo yari ayoboye zo mu mutwe wa M23 zifashe zone ya Masisi yarizwiho kuba ari indiri ikomeye ya FDLR, ikaba kandi yari irimo na Wazalendo, ingabo z’u Burundi ndetse na FARDC.

Hari hashize iminsi itatu M23 ihanganye bikomeye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta aho barwaniraga mu nkengero ziriya centre ya teritware ya Masisi.

Iryo hangana ryasize uriya mutwe wigaruriye uduce twinshi two muri iyi teritwari ya Masisi, turimo Gahongore, Gasura na Katale n’utundi.

Nyuma nibwo uyu mutwe ahagana ku mugoroba w’ahar’ejo wahise ufata na Centre, maze Brig.Gen Byamungu ahumuriza abaturage baturiye ako gace, ndetse abahishurira ko “gahunda ya M23 ari ukugera kure.”

Yagize ati: “Gahunda yacu ubu ni ukugera kure za Walikale naza Kisangani gukomeza n’ahandi.”

Biravugwa ko kuri ubu uruhande rwa Leta ruhagarariye mu duce tubiri two muri teritware ya Masisi aho iyi teritwari ihana umupaka na teritware ya Walikale, aka Rwashi na Nyabyondo.

Utu duce twombi FARDC n’abambari bayo bakirimo ni utwo muri teritware ya Masisi tubarizwa muri cheferie ya Bashali-Mukoto.

Hagataho impande zombi ziri kurebana ayingwe, nubwo muri iki gitondo ntaharavugwa imirwano.

Tags: CentreM23Masisi
Share55Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?