Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 5, 2025
in Regional Politics
0
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni mu kiganiro umutwe wa M23 binyuze muri Grigadier General Byamungu yakoranye n’abaturage baturiye isantire ya teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ahar’ejo tariki ya 04/1/2025 ni bwo General Byamungu yakoze iki kiganiro nyuma y’uko ingabo yari ayoboye zo mu mutwe wa M23 zifashe zone ya Masisi yarizwiho kuba ari indiri ikomeye ya FDLR, ikaba kandi yari irimo na Wazalendo, ingabo z’u Burundi ndetse na FARDC.

Hari hashize iminsi itatu M23 ihanganye bikomeye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta aho barwaniraga mu nkengero ziriya centre ya teritware ya Masisi.

Iryo hangana ryasize uriya mutwe wigaruriye uduce twinshi two muri iyi teritwari ya Masisi, turimo Gahongore, Gasura na Katale n’utundi.

Nyuma nibwo uyu mutwe ahagana ku mugoroba w’ahar’ejo wahise ufata na Centre, maze Brig.Gen Byamungu ahumuriza abaturage baturiye ako gace, ndetse abahishurira ko “gahunda ya M23 ari ukugera kure.”

Yagize ati: “Gahunda yacu ubu ni ukugera kure za Walikale naza Kisangani gukomeza n’ahandi.”

Biravugwa ko kuri ubu uruhande rwa Leta ruhagarariye mu duce tubiri two muri teritware ya Masisi aho iyi teritwari ihana umupaka na teritware ya Walikale, aka Rwashi na Nyabyondo.

Utu duce twombi FARDC n’abambari bayo bakirimo ni utwo muri teritware ya Masisi tubarizwa muri cheferie ya Bashali-Mukoto.

Hagataho impande zombi ziri kurebana ayingwe, nubwo muri iki gitondo ntaharavugwa imirwano.

Tags: CentreM23Masisi
Share55Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?