• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.

You might also like

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Umutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa wa m23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, watangaje ko urubyiruko rwo muri teritware ya Masisi rurimo abantu barenga ijana rwabasabye kwinjira mu gisirikare cy’uyu mutwe.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa m23 Lawrence Kanyuka mu gitondo cyo ku wakane tariki ya 20/03/2025, mu butumwa yatambukije akoresheje x.

Lawrence Kanyuka yagize ati: “Urubyiruko rubarirwa mu ijana rwo muri Bwerimana ho muri cheferi ya Buhunde muri teritware ya Masisi, rwagaragaje ubushake bwo kwinjira mu gisirikare cya AFC/m23.”

Uyu muvugizi yasobanuye ko ubu bushake bw’uru rubyiruko rwabugaragaje ku wa kabiri tariki ya 17/03/2025, mu biganiro guverineri wungirije w’intara, Shaddrack Amani Bahati yari yagiranye n’abaturage bo muri aka gace ka Bwerimana.

Muri iki kiganiro, guverineri wungirije wari uhagarariye guverineri, yagisabyemo abaturage kugira uruhare mu mutekano wabo, kandi bakunga ubumwe, kugira ngo babashe kugera ku iterambere.

Uyu mutwe wa m23 ukomeje kunguka amaboko mashya y’abarwanyi bari kuwinjiramo, wamaze no gufata umujyi wa Walikale wo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe ku mu goroba wo ku itariki ya 19/03/2025, ni bwo aba barwanyi bo muri m23 bigaruriye uyu mujyi mukuru wa teritware ya Walikale, nyuma y’aho wari wamaze gufata inkengero zawo.

Ufashe iki gice nyuma y’aho kandi wanze kwitabira ibiganiro byagombaga kuwuhuza na Leta y’i Kinshasa, bikaba byari kuba ku ya 18/03/2025, bikabera i Luanda muri Angola, ariko uyu mutwe ukaza kwanga kubyitabira ku munota wa nyuma nyuma y’aho bamwe mu bayobozi bawo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Tags: Amaboko mashyaM23Masisi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

"Nari napfuye none nazutse"-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'aho byari bigize iminsi bivugwa...

Read moreDetails

“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

"Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda" -Umujyanama wa Tshisekedi Umujyanama wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fiston Chrisnovic Balanganyi, yavuze ko igihe kigeze ngo...

Read moreDetails
Next Post
The U.N. food aid Agency has issued a stark warning that funding cuts by the Trump administration will lead to millions facing starvation. 

The U.N. food aid Agency has issued a stark warning that funding cuts by the Trump administration will lead to millions facing starvation. 

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?