• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yongeye gushimangira intego zayo, igira n’icyo isaba Abanye-kongo.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in Regional Politics
0
M23 yatanze isomo kuri FARDC, ifata n’ikibuga cy’indege cya Kavumu.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yongeye gushimangira intego zayo, igira n’icyo isaba Abanye-kongo.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Umutwe wa M23 wasabye imitwe ya politiki n’iy’igisirikare, n’Abanye-kongo bari mu buhungiro ndetse n’abari muri diasipora, kwifatanya na wo mu rugamba urimo rwo kubohora igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kiyobowe n’ubutegetsi bise ko ari bubi.

Ni ibyo uyu mutwe wasabye ukoresheje itangazo washyize hanze, riteweho umukono n’umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka.

Iryo tangazo rivuga ko uyu mutwe usaba imitwe ya politiki n’iy’igisirikare, yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuwiyungaho mu ntambara yo kubohora iki gihugu kiyobowe na perezida Félix Tshisekedi.

Muri iri tangazo uyu mutwe warivuzemo ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwamunzwe na ruswa, imiyoborere mibi, gutegekesha igitugu, ibikorwa byo kwica abenegihugu hashingiwe ku moko, ndetse no kuba hari umuryango wikubiye umutungo kamere w’igihugu.

Ni itangazo rivuga kandi ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwimakaje ibyaha byibasiye inyoko muntu ndetse n’ivangura no gutoteza imwe mu miryango migari y’Abanye-kongo, bukaba bwarananiwe gukemura ibibazo bihungabanya umutekano n’amahoro, ntibunashobore gutuma Abanye-kongo bunga ubumwe.

Iri tangazo rikomeza rivuga ko M23 ihamagarira imitwe yitwaje intwaro yose iri muri iki gihugu kwifatanya mu ntambara yatangiye kugira ngo ikize Abanye-kongo ibikorwa by’urugomo n’iterabwoba bikorwa na Leta, kugira ngo barengere igihugu no kugiteza imbere mu bukungu bwacyo.

Rigira kandi riti: “Turahamagarira imitwe ya politiki n’iharanira imibereho y’abaturage iri mu buhungiro, kimwe na abo muri diasipora na bo baratumiwe ngo batahe mu gihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira ngo batange umusanzu wabo muri uyu mugambi wo gukunda igihugu no kwiyubakira ubuyobozi.”

Uyu mutwe watangaje ibi mu gihe ukomeje kwagura ibirindiro byawo, ni mu gihe mu minsi mike ishize byiyongereyemo umujyi wa Bukavu, waje wiyongera ku wa Goma. Ndetse ukaba urimo kwigarurira n’ibindi bice byo muri teritware ya Walungu muri Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bari gukomeza gusatira berekeza Uvira aha hungiye ingabo nyinshi zirimo iza Congo, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.

Tags: DiasiporaImitwe yitwaje intwaroIntegoKwiyungaM23Rdc
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imbitse ku mirwano yabereye Uvira muri Kivu y’Epfo.

Iby'imbitse ku mirwano yabereye Uvira muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?