Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya uko instinzi ya Donald Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 9, 2024
in Uncategorized
2
Menya uko instinzi ya Donald  Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya uko instinzi ya Donald Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nyuma y’uko Donald Trump atorewe kongera kuba umukuru w’igihugu wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abaherwe ba mbere 10 ku Isi bungutse miliyari 64, by’umwihariko Elon Musk washyigikiye kuva ku munsi wa mbere w’ibikorwa by’amatora yunguka miliyari $26.5.

Ku wa gatatu w’iki Cyumweru, nta kindi cyavugwaga uretse amatora yari muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho byarangiye Donald Trump ariwe wegukanye intsinzi, bituma yongera kuba perezida W’Amerika nyuma y’uko yayoboye iki gihugu kuva mu mwaka w’ 2016 kugera mu mwaka w’ 2020.

Ikinyamakuru cya Bloomberg’s Billionaire Index dukesha iy’inkuru cyatangaje ko “umunsi wa matora muri Amerika wasize abaherwe ba mbere binjije asaga miliyari $ 64, ku munsi umwe gusa wabayeho amatora.”

Kinavuga ko uwungutse cyane muri iyi minsi ya matora ko ari Elon Musk umwe mu bafana bakomeye ba Trump, aho umutungo we wazamutseho miliyari $26.5 ukagera kuri miliyari $290.

Umutongo wa Jeff Bezos wasize Amazon yazamutseho miliyari $7.1 nyuma y’icyumeru amaze afashe icyemezo cyo kudashyigikira Kamala Harris. Larry Ellison, washinze Oracle kandi ishyigikiye Trump, nawe umutungo we wazamutseho miliyari $5.5 ku wa gatatu.

Abandi bungutse muri iyi minsi barimo abayobozi ba Microsoft, Bill Gate na Steve Ballmer, abayobozi ba Google, Larry Page na Berkshire Hathaway, Warren Buffett. Nubwo aba banyamafaranga bose batashyigikiye umukandida uwo ari we wese muri uyu mwaka, mu bihe byashize bagiye bavuga amagambo yo gushyigikira umukandida w’ishyaka ry’Abademokarate.

Bloomberg yavuze ko ari ubwa mbere kuva mu mwaka w’ 2012 habayeho kwiyongera kwinyungu ku munsi umwe. Ibi byatumye benshi bayoboye ibigo bitandukanye bavuga ko bibaha icyizere ko kuri iyi manda ya Donald Trump ubucuruzi bugiye kongera kuzamuka.

Michael Block, umuyobozi wa AgentSmyth yagize ati: “Hari icyizere n’ihumure rikomeye ko hagiye kubaho politiki ifasha ubucuruzi no koroshya imisoro, cyane nyuma yo gutsinda inteko ishinga mategeko kw’Abarepubilikani.”

Si aba baherwe gusa bungukiye mu ntsinzi ya Donald Trump ahubwo na nyiribwite nawe yabyungukiyemo . Nyuma y’uko CNN yari imaze gutangaza ko Donald Trump yatsinze amatora, imigabane y’urubuga Truth Social rwa Donald yazamutseho 30%.

Imigabane ye ingana na miliyoni 114.75 ifite agaciro ka miliyari $5.3 mu buryo bw’igihe gito hashingiwe kuri izo nyungu zajeho nyuma y’amatora. Ni mu gihe mbere yari miliyari $3.9 ubwo isoko ry’imari ryafungwaga ku munsi w’amatora.

Tags: Abaherwe 10InstinziTrump
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w’Amerika.

Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w'Amerika.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    7 months ago

    Do any supplements, like Nervive, help with nerve pain, like sciatica or diabetic neuropathy priligy otc

  2. Ensuent says:
    7 months ago

    PubMed 3521955 priligy buy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?