• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, July 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w’Amerika.

minebwenews by minebwenews
November 9, 2024
in World News
2
Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w’Amerika.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w’Amerika.

You might also like

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky yongeye gusaba Donald Trump gufasha Ukraine gukomeza guhangana n’u Burusiya, nyuma y’uko uyu mugabo avuze ko yifuza guhagarika intambara ikomeje guhanganisha ibihugu byombi.

Zelensky, nyuma y’uko Donald Trump atsindiye amatora y’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamwifurije ishya n’ihirwe muri iyi manda y’imyaka ine azamara ayoboye, anaboneraho kongera kumusaba gufasha igihugu cye guhangana n’ibitero bikomeye kigabwaho n’u Burusiya.

Muri iki kiganiro, Zelensky yagize n’amahirwe yo kuvugana na Elon Musk wari kumwe na Trump muri icyo gihe, ndetse anavugana n’uwo mukire aho yamushimiye ku ruhare rwe mu gufasha ingabo za Ukraine ziri ku rugamba, aboneraho no kumusaba gukomeza kuvugana, binyuze mu gukoresha itumanaho rya “starlink.”

Bibaye ubwa gatatu Zelensky yari abashije kuvugana na Elon Musk. Trump yakunze kuvuga ko iyo aza kuba ari ku butegetsi, bitari gushoboka ko intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya ishoboka, icyakora akavuga ko nubwo ihari, azayisoza vuba, gusa uyu mugabo ntiyatangaje ingamba azakoresha mu kugera kuri iyi ntego.

Bikekwa ko ashobora kuzasaba Ukraine kwemera guharira u Burusiya ibice bwafashe bingana na 20% by’ubuso bwahoze ari ubwa Ukraine mbere y’itangira ry’iyi ntambara, icyakora iki ni icyifuzo benshi mu baturage ba Ukraine batishimira na busa.

Tags: Donald TrumpgufashaU BurusiyaUkraineYatakambiyeZelensky
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kera kabaye, ikibazo cy'ibura rya...

Read moreDetails

Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

Amerika na Israel Mu Rwunge rw'Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe...

Read moreDetails
Next Post
Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

Comments 2

  1. İstanbul da su kaçak tespiti says:
    2 years ago

    İstanbul da su kaçak tespiti Başakşehir’deki apartmanda su kaçağı vardı, ekip çok profesyonel ve hızlı çalıştı. https://fcschalke04fansclub.com/ustaelektrikci

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    viagra priligy 2 reported in ClinicalTrials

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?