• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mikenke: Uwari wavuzwe ko yapfuye yagarutse iwe ari muzima

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 10, 2025
in Conflict & Security
0
Mikenke: Uwari wavuzwe ko yapfuye yagarutse iwe ari muzima
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mikenke: Uwari wavuzwe ko yapfuye yagarutse iwe ari muzima

You might also like

FARDC yifashishije indege y’intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Makyambe Mishembe Laurent uwo byavugwaga ko yapfuye nyuma y’uko ashimuswe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri iki cyumweru turimo, yagarutse iwe mu Mikenke ari muzima.

Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 08/09/2025, ni bwo Makyambe yashimuswe n’abasirikare ba FARDC.

Icyo gihe byavuzwe ko abamushimuse bamujanye uruhande rwa Point Zero, ahari ibirindiro by’ingabo za RDC, iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo.

Bikavugwa ko azira gushyigikira umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 birwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Nyuma yabwo kandi haje andi makuru avuga ko hatoraguwe umurambo we, kandi ko wasanzwe mu bice byo kuri Point Zero, ndetse ko ugaragaza ko yishwe arashwe.

Hejuru y’ibyo ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 10/09/2025, uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 60 y’amavuko, yagarutse iwe mu Mikenke ari muzima, aho yanabwiye n’umuryango we ko yarafunzwe n’Ingabo z’iki gihugu, kandi ko zari zimufungiye kuri Point Zero.

Uwaduhaye ubu buhamya yagize ati: “Makyambe nyuma y’aho yaramaze iminsi itatu yaraburiwe irengero, yagarutse iwe mu rugo
Yavuze ko yarezwe na Chef de secteur wa Itombwe, Elewano Zidane, kandi ko amuziza ibijyanye na politiki.”

Uyu Makyembe uvugwaho aya makuru yahoze yungirije Jondwe wayoboye zone ya Minembwe mu mwaka wa 1998 kugeza mu mwaka wa 2002. Yari zone yari yarashyizweho n’umutwe wa RCD warwanyaga ubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila wayoboye iki gihugu imyaka 18.

Makyambe kandi yigezeho kuyobora secteur ya Itombwe mu myaka ishize. Bivugwa ko hari n’indi mirimo itandukanye yagiye akora haba muri secteur ya Itombwe no muri teritware ya Mwenga iyo n’iyi secteur ibarizwamo.

Tags: MakyembeMikenke
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

FARDC yifashishije indege y’intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

FARDC yifashishije indege y'intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru Ibitero by'indege z'intambara z'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, byagabwe mu gace gatuwe n'abaturage n'ahari ibirindiro...

Read moreDetails

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Ubuyobozi bw'ibanze bwavuze ku nkongi y'Umuriro yibasiye amazu i Bukavu Ni bura abantu 14 ni bo bahasize ubuzima mu nkongi y'umuriro yadutse mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk'umurwa...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho...

Read moreDetails

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b'inka barimo n'aba Banyamulenge Ikiyaga cya Tanganyika gikomeje kuba ikibazo gikomeye ku bacuruzi b'inka barimo n'aba Banyamulenge bazicururiza i Kalemi mu ntara ya...

Read moreDetails

AFC/M23 yahakanye ibirego iregwa ku bijyanye n’amabuye y’agaciro

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

AFC/M23 yahakanye ibirego iregwa ku bijyanye n'amabuye y'agaciro Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryateye utwatsi ibirego birishinja gusahura amabuye...

Read moreDetails
Next Post
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?