Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’ibikorwa remezo muri RDC, Alexis Muvunyi Gisaro, yasabye abaturage ba Uvira kuzamutora aribenshi kandi bagatora na Perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 5, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kumunsi w’ejo hashize tariki 04/12/2023, Minisitiri w’ibikorwa remezo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Alexis Muvunyi Gisaro, yari mu Mujyi wa Uvira mu buryo bwo kw’iyamamariza k’umwanya w’u budepite k’urwego rw’i gihugu.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Amakuru dukesha abaturage baturiye u Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bahamya ko uy’u munyacyubahiro yabashe kwitabirwa n’Abantu benshi kandi bingeri zose bitandukanye cyane n’igihe aheruka kugera muri aka gace m’ukwezi gushize kwa Cumi (10) nimugihe abagize itsinda ry’insoresore bo m’ubwoko bw’Abapfulero bari bahize kumutera amabuye aho bamwitaga umunyarwanda.

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ivuga n’uko Minisitiri Alexis Muvunyi Gisaro, yasabye abaturage ba Uvira kuzamutora aribenshi. Gisaro Muvunyi kandi yasabye bariya baturage bomuri teritware ya Uvira kuzatora perezida Félix Tshisekedi k’umwanya w’u Mukuru w’igihugu ca RDC.

Nyuma yuko Alexis Muvunyi arangije umuhango wokwiyamamaza nokuganiriza abaturage yahise yerekeza ku kiraro cya Kalimabenge aho yaragiye kureba ibikorwa byo kubaka icyo kiraro bigeze.

Tubibutsa ko kiriya kilalo cy’ubatswe ubwo Alexis Muvunyi Gisaro aheruka muri Uvira. Kuri ubu ibikorwa byo kubaka bisa nibyarangiye nk’uko bivugwa ko imodoka zigicaho kandi neza.

Bruce Bahanda.

Tags: Minisitiri w'ibikorwa remezo muri RDC Alexis Muvunyi Gisaro yasabye abaturage ba Uvira kuzamutora aribenshi kandi bagatora na Perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post

I Mushaki, Ingabo za FARDC z'umvikanye zinubira ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?