• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’u Bubiligi uvuye i Kinshasa yasabye Tshisekedi kuba maso.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2025
in Regional Politics
0
Minisitiri w’u Bubiligi uvuye i Kinshasa yasabye Tshisekedi kuba maso.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’u Bubiligi uvuye i Kinshasa yasabye Tshisekedi kuba maso.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Minisitiri w’ubanye n’amahanga akanaba minisitiri w’intebe wungirije w’u Bubiligi Maxime Prevot ubwo yageraga i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye perezida Felix Tshisekedi kuba maso kubirimo gukorwa n’i gihugu cya Qatar ndetse na Leta Zunze ubumwe z’Amerika kubyerekeye u Rwanda na Congo.

Aha’rejo tariki ya 29/04/2025 ni bwo uyu minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bubiligi yageze i Kinshasa yakirwa na perezida Felix Tshisekedi wa RDC.

Bivugwa ko yageze i Kinshasa nyuma yokugera i Bujumbura mu Burundi n’i Kampala muri Uganda.

I Kinshasa yabanje kwakirwa na minisitiri w’intebe w’iki gihugu, madame Judith Sumunwa, nyuma abona kubonana na perezida Felix Tshisekedi bagirana n’ibiganiro kubyerekeye umutekano wa karere.

Ubundi kandi banaganiriye no ku ntambara iri kubera mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho umutwe wa M23 urwanya ubu ubutegetsi bw’i Kinshasa uhanganye bikomeye n’ingabo z’iki gihugu.

Muri iki kiganiro minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bubiligi yabwiye perezida Felix Tshisekedi ati: “Ni ngombwa gukomeza kuba maso kubikorwa byatangajwe na Qatar na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Nubwo twishimira uko iyi gahunda yakiriwe, turifuza ko twashobora gupima ibisubizo bifatika bishobora kubaho mu minsi iri mbere cyangwa ibyumweru biri imbere, kugira ngo twemeze ko niba inzira yaraharuwe izakomeza gukurikizwa. Kandi tukareba niba icyerekezo cya nyuma kizagerwaho.”

Yongeyeho ati: “Nasabye ko habaho gutega amatwi umugambi wa ba musenyeri.”

Minisitiri Maxime Prevot yanabwiye Tshisekedi ko igihugu cye kitenda gusahura imitungo kamere ya Congo, hubwo ko ikiyiraje inshinga ari uko amakimbirane y’intambara ayirimo yakemuka burundu.

Yagize ati: “Twese tuzi ko ari ngombwa ko ibimenyetso bitangwa kandi ibiganiro by’abanyagihugu bigashyigikirwa, mu rwego rwo kugira ngo amakimbirane hagati yabo arangire babone amahoro arambye. Icyifuzo cy’abapesikopi kigahabwa agaciro mu gukoresha ingufu za politiki zitandukanye.”

Ibi bwana Maxime Prevot yabitangaje mu gihe abo Bepisikopi Gatolika bari i Doha muri Qatar, aho bakiriwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’iki gihugu. Uruzinduko rwabo i Doha rukaba rugamije gushyigikira ko amahoro n’umutekano bigaruka mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mu gihe i Doha muri Qatar muri iyi minsi mike ishize habereye ibiganiro bitandukanye hagati y’intumwa za Congo n’iz’u mutwe wa AFC/M23.

Ubundi kandi i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika naho haheruka gusinyirwa amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC.

Tags: IntambaraMaximeRdc
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Forces Suffer Heavy Losses in Failed Attack on M23 and Twirwaneho in Rugezi

Congolese Forces Suffer Heavy Losses in Failed Attack on M23 and Twirwaneho in Rugezi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?