• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mpuruyaha ku bitero byagabwe mu nkengero za Minembwe, ibyo Twirwaneho yatangiyemo isomo iriha uruhande rwa Leta.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Intambara ibera muri RDC ngo yaba igiye gushirwaho akadomo kanyuma.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mpuruyaha ku bitero byagabwe mu nkengero za Minembwe, ibyo Twirwaneho yatangiyemo isomo iriha uruhande rwa Leta.

You might also like

Uwari wa buriwe irengero batoye umurambo we, bahamya ko yishwe arashwe na Wazalendo

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

Amakuru ava mu misozi ya Minembwe ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge haherereye muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko uyu munsi hazindukiye ibitero ibyo ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye ku Banyamulenge, ubundi Twirwaneho irikubita inshuro ndetse inaryambura bimwe mubikoresho byagisirikare.

Ni ibitero aba Banyamulenge bagabweho igihe cy’isaha z’igitondo cya kare cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 21/03/2025, aho babigabweho n’ingabo za Leta ya Congo (Fardc), iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR irimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda kuri ubu uyu mutwe ukaba ukorana byahafi na Leta y’iki gihugu cya RDC n’iy’u Burundi.

Ibi bitero by’uru ruhande rwa Leta y’i Kinshasa bagabye ku Banyamulenge, bakaba babigabye ku musozi wa Mukoko usanzweho ibiraro by’inka zaba Banyamulenge, ibindi babigaba kuri Nyaruhinga nayo iragiriwemo Inka z’Abanyamulenge.

Ibi bice bibiri byagabwemo ibyo bitero, biherereye mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe, ubundi kandi Mukoko igabanya igice gituwe n’Abanyamulenge n’Ababembe.

Umwe mubaturiye ibyo bice wabaye muri iyo mirwano yatubwiye ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibi bitero ryabihuriyemo n’akaga ngo kuko “ryasubijwe inyuma kandi rihunga nabi.”

Ati: “Intambara yazindukiyemo muri Mukoko na Nyaruhinga. Fardc n’abambari bayo bashakaga kwinjira mu baturage, ariko biba ibyubusa. Twayisubije inyuma kandi ihunga nabi, kuko twayibabaje.”

Yongeyeho kandi ati: “Ubu igihe c’isaha zitandatu zamanywa, Twirwaneho niyo igenzura akarere kose, kandi karatuje.”

Undi nanone nawe wavuganaga na Minembwe Capital News yavuze ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zakubiswe inshuro muri iyi mirwano yabaye uyu munsi.

Yagize ati: “Raporo mfite ubu, iremeza ko umwanzi uduhiga yahuye n’akaga, kandi yahunze nabi.”

Ikindi nuko iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibi bitero ku Banyamulenge, Twirwaneho yaryambuye ibikoresho bya gisirikare birimo n’imbunda n’amasasu.

Sibyo gusa kuko ryanatakaje n’abasirikare baguye kurugamba.

Aya makuru avuga ko mu guhunga kw’iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ryahunze ryerekeza inzira yo kwa Mulima ugana i Fizi ku i zone.

Ibi bitero by’uyu munsi, bije bikurikira ibindi iri huriro ryakoze ejo ku wa kane mu bice bya Gahwela no hirya y’ejo aho ryabigabye mu Mikenke no mu Marango aherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe.

Iri huriro ry’ingabo zirwanirira Leta y’i Kinshasa rikora ibi bitero ku Banyamulenge rigamije kubangaza, kubica, kubasenyera imihana yabo, ndetse kandi rigamije kwirukana Twirwaneho muri ibi bice, kugira ngo bigenzurwe na Leta iyo aba Banyamulenge bashinja kubagambanira ku barwanyi bo mu mitwe y’itwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR ndetse n’indi iyishamikiyeho.

Kuva mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, Twirwaneho igenzura igice kinini cy’imisozi y’i Mulenge, kuko igenzura komine ya Minembwe, Mikenke, Kamombo na Rurambo.

Tags: IbiteroIhuriroMinembweTwirwaneho
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari wa buriwe irengero batoye umurambo we, bahamya ko yishwe arashwe na Wazalendo

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

Uwari wa buriwe irengero batoye umurambo we, bahamya ko yishwe arashwe na Wazalendo Umwungeri w'inka wari waburiwe irengero batoye umurambo we, banahamya ko yishwe na Wazalendo, ni nyuma...

Read moreDetails

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y'ababo bahagarutse Abagabo bagera kuri bane bo muri Bibogobogo, abaribarakomerekeye mu bitero Wazalendo yagabye muri iki gice mu mezi yo mu ntangiriro z'uyu...

Read moreDetails

“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

"Telefone y'umwungeri w'inka iri kwitabwa na Mai Mai-" ubuhamya k'u waburiwe irengero Umwungeri w'inka w'Umunyamulenge witwa Muhumure Isaac, yaburiwe irengero Mucyakira, telefone ye iri kwitabwa na Mai Mai,...

Read moreDetails

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails
Next Post
I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

Guhohotera Abanyamulenge i Uvira byafashe indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?