Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2025
in History
0
Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abanyeshuri bo mu Bibogobogo bo mu mwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye, bagaruriwe icyizere cyo kuba bakora ikizamini kizwi nka dissertation nyuma y’aho ubuyobozi bwabo bw’amashuri n’ubw’abachefs bubihagurutsemo, kuko byari byanze kubera umutekano muke.

Ni amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturiye iki gice cya Bibogobogo, aho bahamya ko iki kizamini cya dissertation bafite icyizere ko kiri bubere mu Bibogobogo aho kubera i Baraka aho cyahoraga kibera.

Ubutumwa bugufi baduhaye bugira buti: “Abayobozi bo hejuru b’amashuri y’isumbuye i Baraka, batubwiye ko uyu munsi bazamukana ibizamini hano iwacu mu Bibogobogo.”

Mu busanzwe yaba ikizamini cya dissertation na examen d’etat byakoregwaga i Baraka, aha ni ku banyeshuri bo mu Bibogobogo ki mwe nuko abo mu Minembwe n’abo hari ubwo bazaga muri iki gice cy’i Baraka na Uvira, usibye ko ubu byahindutse bo basigaye babikorera mu Minembwe.

Buriya butumwa bw’Abanyabibogobogo bukomeza bugira buti: “Abanyeshuri ntibakimanutse . Batwijeje ibitangaza ko examen ya dissertation izamukanwa mu Bibogobogo, akaba ari ho ikorerwa.”

Bongeye bati: “Turarindiriye ku mugoroba iraba yamaze kugera hano.”

Mu gihe ibi bitohinduka, iki kizamini gishobora kuzakorerwa ku kigo cya Tangazo cyangwa icya Magaja.
Ni mu gihe ari nabyo bifite abanyeshuri biteguye gukora iki kizamini.

Nk’uko biteganyijwe, muri Congo hose iki kizamini kizakorwa ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 02/06/2025.

Umujyi wa Baraka wahoraga ukorerwagamo iki kizamini, ugenzurwa na Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

Wazalendo bari batumye ku Banyamulenge ko batifuza kuzabona isura yabo muri iki gice. Ari nabyo byateye aba banyeshuri ubwoba bwo kumanuka yo.

Mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, Wazalendo bagabye ibitero ku Banyamulenge mu Bibogobogo, byari ibitero bikaze, nubwo aba Banyamulenge babigabweho babisubije inyuma mu bufatanye n’ingabo z’u Burundi hamwe n’iza FARDC zigenzura iki gice.

Mu kugaba biriya bitero babigabye baturutse i Baraka no mu bindi bice biherereye muri secteur ya Mutambara.

Hagataho, iki gice cya Bibogobogo kiracyakomeje kugenzurwa n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.

Iyi nkuru turakomeza kuyikurikirana.

Tags: BibogobogoDissertationImpinduka
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

Uko umutekano wifashe mu Minembwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?