• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in sport & entertainment
0
Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

Abanyeshuri bo mu Bibogobogo bo mu mwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye, bagaruriwe icyizere cyo kuba bakora ikizamini kizwi nka dissertation nyuma y’aho ubuyobozi bwabo bw’amashuri n’ubw’abachefs bubihagurutsemo, kuko byari byanze kubera umutekano muke.

READ ALSO

Manzi Merci: Umuhanzi wa Gospel wahaye umuziki intego yo guhimbaza Imana no kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba

Umukino wa APR FC (Rwanda) na Les Aigles du Congo (RDC) ugeze mu kibazo gikomeye: CAF ni yo igiye gufata umwanzuro

Ni amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturiye iki gice cya Bibogobogo, aho bahamya ko iki kizamini cya dissertation bafite icyizere ko kiri bubere mu Bibogobogo aho kubera i Baraka aho cyahoraga kibera.

Ubutumwa bugufi baduhaye bugira buti: “Abayobozi bo hejuru b’amashuri y’isumbuye i Baraka, batubwiye ko uyu munsi bazamukana ibizamini hano iwacu mu Bibogobogo.”

Mu busanzwe yaba ikizamini cya dissertation na examen d’etat byakoregwaga i Baraka, aha ni ku banyeshuri bo mu Bibogobogo ki mwe nuko abo mu Minembwe n’abo hari ubwo bazaga muri iki gice cy’i Baraka na Uvira, usibye ko ubu byahindutse bo basigaye babikorera mu Minembwe.

Buriya butumwa bw’Abanyabibogobogo bukomeza bugira buti: “Abanyeshuri ntibakimanutse . Batwijeje ibitangaza ko examen ya dissertation izamukanwa mu Bibogobogo, akaba ari ho ikorerwa.”

Bongeye bati: “Turarindiriye ku mugoroba iraba yamaze kugera hano.”

Mu gihe ibi bitohinduka, iki kizamini gishobora kuzakorerwa ku kigo cya Tangazo cyangwa icya Magaja.
Ni mu gihe ari nabyo bifite abanyeshuri biteguye gukora iki kizamini.

Nk’uko biteganyijwe, muri Congo hose iki kizamini kizakorwa ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 02/06/2025.

Umujyi wa Baraka wahoraga ukorerwagamo iki kizamini, ugenzurwa na Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

Wazalendo bari batumye ku Banyamulenge ko batifuza kuzabona isura yabo muri iki gice. Ari nabyo byateye aba banyeshuri ubwoba bwo kumanuka yo.

Mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, Wazalendo bagabye ibitero ku Banyamulenge mu Bibogobogo, byari ibitero bikaze, nubwo aba Banyamulenge babigabweho babisubije inyuma mu bufatanye n’ingabo z’u Burundi hamwe n’iza FARDC zigenzura iki gice.

Mu kugaba biriya bitero babigabye baturutse i Baraka no mu bindi bice biherereye muri secteur ya Mutambara.

Hagataho, iki gice cya Bibogobogo kiracyakomeje kugenzurwa n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.

Iyi nkuru turakomeza kuyikurikirana.

Tags: BibogobogoDissertationImpinduka

Related Posts

Manzi Merci: Umuhanzi wa Gospel wahaye umuziki intego yo guhimbaza Imana no kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba
sport & entertainment

Manzi Merci: Umuhanzi wa Gospel wahaye umuziki intego yo guhimbaza Imana no kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba

August 22, 2026
Umukino wa APR FC (Rwanda) na Les Aigles du Congo (RDC) ugeze mu kibazo gikomeye: CAF ni yo igiye gufata umwanzuro
sport & entertainment

Umukino wa APR FC (Rwanda) na Les Aigles du Congo (RDC) ugeze mu kibazo gikomeye: CAF ni yo igiye gufata umwanzuro

August 10, 2026
Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi
sport & entertainment

Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi

July 19, 2026
Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye
sport & entertainment

Les Léopards éliminés de la Coupe du Monde, mais ils quittent la compétition la tête haute et font la fierté de la République démocratique du Congo

July 2, 2026
Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye
sport & entertainment

Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye

July 2, 2026
Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo
sport & entertainment

Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo

June 30, 2026
Next Post
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

Uko umutekano wifashe mu Minembwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?