• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko umutekano wifashe mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko umutekano wifashe mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Mu Minembwe no mu nkengero zayo bongeye kwirirwa amahoro nyuma yuko byari bizwi ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo zidashobora kumara iminsi itatu zitayigabyemo ibitero.

READ ALSO

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

Minembwe ni ikomine iherereye mu misozi ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ikaba ahanini ituwe n’Abanyamulenge, bitavuze ko ituwe gusa n’abo Banyamulenge haba kandi n’Abapfulero bake, Abanyindu, Abashi n’Ababembe.

Minembwe Capital News yahawe ubutumwa bwemeza ko inkengero za Minembwe na centre yayo ko ababituyemo bari amahoro.
Ubu butumwa bugira buti: “Rugezi na Minembwe ni amahoro.”

Si byo bice gusa bari amahoro kuko no mu Mikenke na Kalingi n’abo barayafite.

Kuva ku wa gatanu kugeza uyu munsi ku cyumweru nta gace na kamwe ko muri utu duce kabereyemo imirwano.

Imirwano muri utu duce iheruka mu minsi itangira iki cyumweru, aho ndetse no ku wa kane ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo byagabwe mu Mikenke, ariko bisubizwa inyuma.

Ibindi bitero bikomeye byabaye mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize no mu mpera zacyo, mu Rugezi na Mikenke.
Gusa, byose byagiye bisubizwa inyuma n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Twirwaneho yabohoje umujyi wa Minembwe tariki ya 21/02/2025, mu gihe Mikenke yo ya yifashe tariki ya 22, zuko kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Nyuma yabwo, uyu mutwe wa Twirwaneho ku bufatanye n’uwa M23 byafashe n’igice cya Rugezi, giherereye mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe.

Kuva icyo gihe iyi mitwe yombi n’iyo igenzura ibi bice byose.

Uretse kuba ibi bice bigenzurwa n’iyi mitwe ibiri ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, inafasha ibi bice gukorerwamo ibikorwa by’iterambere.

Rimwe na rimwe ku wa gatandatu hakorwa imiganda, ubundi kandi abaturage babituye bafite amahoro ndetse aya mahoro abafasha gukora imirimo ibateza imbere nk’ubuhinzi, ubworozi, uburezi n’ibindi.

Hejuru y’ibyo, abaturage bishimiye Twirwaneho na M23 ku kigero kiri hejuru cyane, kuko ingabo za FARDC ubwo zagenzuraga iki gice hagati y’u mwaka wa 2017 na 2024, ibyo bikorwa byavuzwe haruguru ntibyakorwaga, hubwo nk’imyaka y’aba baturage barayibaga ubundi bakayisahura kimwe nuko bicaga abantu bakanyaga n’amatungo yabo amanini n’amato.

Tags: MinembweUmutekano

Related Posts

Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
Conflict & Security

Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires

September 10, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Kasheke : un incendie transforme une journée scolaire en journée de deuil

September 10, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira

September 10, 2026
Next Post
Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

Ya nkumi ibyayigaragayeho biteye inkenke, kubabibonye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?