Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zabarizwaga mu bice bya Komine ya Minembwe, bahurutse mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 25/01/2024, bya vuzwe ko abasirikare b’u Burundi bo mu mutwe wa TAFOC, babaga ku Kiziba, hafi n’ikibuga cy’indege cya Minembwe, ko “batowetse,” bivugwa ko bamanutse kwa Mulima, muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi.

Ubwo abaturage baturiye ibice bya Komine ya Minembwe ba byukaga mu Gitondo cyo k’uwa Kane, bagasanga abasirikare b’u Burundi nta bakiri ku Kiziba ba ketse ko boba batashe iwabo i Burundi, ariko ahagana isaha z’umugoroba haje amakuru avugako bariya basirikare, ko boherejwe kwa Mulima ariko na none harandi makuru yavugaga ko boba boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Muriki Gitondo cyo k’uwa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, n’ibwo abaturage baturiye Bibogobogo, ba bwiye Minembwe Capital News, ko iwabo hahurutse abasirikare benshi b’u Burundi bo mu mutwe wa TAFOC.

Sibomana yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Tubabonye ubu ariko twaje kumenya dutinze ko baraye ahitwa mu Magunga, mu nkengero za Bibogobogo. Ubu bazindutse bikorera ibikoresho byabo berekeje inzira ija Murusenda na Uvira.”

Ingabo za TAFOC zimaze hafi imyaka ikabakaba ibiri zibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zigizwe ahanini n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.

TAFOC yabayeho ku bwamasezerano y’igihugu c’u Burundi na RDC m’urwego rwo kugira bafatanyirize hamwe guhashya imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo irwanya leta y’u Burundi ndetse niya banyekongo.

Muri iki gihe leta y’u Burundi niya RDC bamaze gushirahamwe kugira barwanye M23, ni muri urwo rwego bivugwa ko ingabo z’u Burundi ko zikomeje koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tu bibutseko mu Minembwe, ingabo za TAFOC, zahageze mu kwezi kwa Mbere umwaka wa 2023, nyuma y’uko ingabo za Fardc zo muri brigade ya 12 zari zarwanye na Twirwaneho, intambara yari yabereye mu bice bya Kabingo, Runundu na Masha.

Bruce Bahanda.

Tags: BibogobogoFiziHahurutse Abasirikare benshi b'u BurundiTAFOC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, Abaturage barimo n’umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,

I Goma, Abaturage barimo n'umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n'abo bikekwa kwari Wazalendo,

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?