• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in World News
0
Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni ahagana isaha z’umugoroba zo kuri uyu wa Gatatu, n’ibwo umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ukorera ahitwa Kukavumu ho muri Bibogobogo, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarashe amasasu menshi akanga abaturage baturiye ibyo bice.

Minembwe Capital News yabwiwe n’abaturage baturiye ibyo bice ko uwo musirikare yazamutse hejuru mu Karango kitegeye umuhana utuyemo Abanyamulenge ararasa amasasu menshi abaturage nabo bayoberwa ibibaye.

Yarashe amasasu yose yari muri magazine arashira afatira indi.

Mu gihe abaturage bari batangiye kwibaza ibibaye; uwarasaga yaje gufatwa n’abandi basirikare bari kumwe n’abasivile bamubajije icya muteye kugira ngo arase ayo masasu yakanze abaturage, undi nawe yasubije ko yari kwarasa “amapepo.”

Yagize ati: “Ndi kurasa amapepo, amapepo yateye ikirere.”

Banavuze ko uyu musirikare yaje kuvanwa Kukavumu yoherezwa ahari Regima ya FARDC muri Bibogobogo.

Abaturage bakomeje bavuga ko icyo batazi n’uko uyu musirikare yoba yafunzwe cyangwa yajanwe kwa muganga kugira ngo yitabweho.

Ibyo bibaye mu gihe muri ibi bice hagize igihe havugwa ko hari mu kugaragara Maï Maï, aho bikekwa ko baturutse mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira. Kimweho hari n’abavuga ko baje bava mu Lulenge ahari ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR.

        MCN.
Tags: BibogobogoUmusirikare wa FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce.

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n'ibikoresho byinshi by'agisirikare, ifata kandi n'utundi duce.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?